Hakim

Official Announcement: Invitation to Industrial Exposure for TVET Trainers starting tomorrow

The Rwanda TVET Board (RTB) is pleased to announce an exciting professional development opportunity for TVET trainers across the country. In collaboration with GIZ/ICON Institut through the Skills Development for Youth Employment (SD4T) program, RTB is organizing a 20-day industrial exposure program for selected teachers in key technical and vocational education disciplines. ONLY 60 CANDIDATE…

Read More

Malone Wibye  Miliyoni $230 muri Crypto yahawe imbabazi nurukiko bahita bamuha akazi mukigo gikomeye

Malone Lam, umusore w’imyaka 20 gusa, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru nyuma yo kuvugwaho kwiba akayabo ka miliyoni 230 z’amadolari y’Amerika abinyujije muri gahunda y’uburiganya (scam) y’ifaranga rya mudasobwa rizwi nka cryptocurrency. Ariko igitangaje kurushaho ni uko, nubwo icyaha cye cyateje uburakari bukabije mu bantu, yababariwe  igihano cyo gufungwa, ahubwo ahabwa umwanya…

Read More

U Rwanda Ruri kumwanya wakangahe  mu Burezi ku Mugabane wa Afurika? Ese  Minisitiri Mushya  Impinduka yazanye  zigiye guhindura iki ?

U Rwanda rukomeje kwiyubaka mu bijyanye n’uburezi nyuma y’imyaka myinshi rugaragaza ubushake bwo gutanga uburezi bufite ireme. Nubwo hari intambwe zatewe, raporo zitandukanye zerekana ko u Rwanda rugifite urugendo rurerure mu kugera ku rwego rushimishije mu karere ndetse no ku rwego rwa Afurika. Mu bushakashatsi bwa World Bank’s Human Capital Index (HCI) ya 2020, u…

Read More

Ibizamini bya Leta Bikomeje Gukosorwa neza: Dr. Bernard Bahati yasabye abakosora  gukomeza gukosora  nta buriganya

Ibizamini bya Leta Bikomeje Gukosorwa neza: Dr. Bernard Bahati yasabye abakosora  gukomeza gukosora  nta buriganya Uyumunsi  tariki ya 1 Kanama 2025, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), Dr. Bernard Bahati, yagize  uruzinduko rwe mu bigo bitandukanye bikorerwamo igikorwa cyo gukosora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange n’icyisumbuye by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Mu…

Read More

UMUGABO NIKI AKWIYE KWITEGA  MU GIHE UMUGORE WE AHORA AJYA MURI SAUNA, MASSAGE NA GYM?

Mu murwa mukuru wa Kigali, hari umugabo witwa Ntirenganya Jean de Dieu, w’imyaka 42. Yari amaze imyaka 10 ashatse umugore witwa Clarisse, w’imyaka 34,  kuba mwiza  ntawabihakana kandi Azwiho  kwambara akaberwa . Bamaze gushakana nyuma yigihe   gito, Clarisse yahise atangira gusura ahantu hatandukanye nko muri sauna, massage na gym, ku buryo byabaye nk’akazi ke ka…

Read More

Menya Dabijoux: Umunyarwandakazi wigaruriye imitima y’abanya Nijeriya n’Abanya Kenya kubera imiterere ye y’umubiri idasanzwe

Mu isi y’ikoranabuhanga yuzuyemo ibyamamare biri kuzamuka buri munsi, Dabijoux ni izina rikomeje kwaka nk’inyenyeri. Afite umubiri uteye neza ku buryo utarambirwa kuwureba, kandi yifitemo icyizere gituma yigarurira buri wese umubonye. Imiterere ye izwi cyane, by’umwihariko “nyash” ye yaVUGURUWE NABAHANGA binyuze muri BBL (Brazilian Butt Lift), yatumye akundwa cyane mu bihugu nka Nijeriya na Kenya….

Read More

Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ibikubiye muri gahunda ya Mutation & Permutation y’abarimu igiye gutangira uyumunsi : Hari impinduka n’amabwiriza mashya

Kuruyumunsi ku  wa gatanu tariki ya  1 Kanama 2025, gahunda nshya yo kwimurwa kw’abarimu (mutation) no guhererekanya aho bakorera (permutation) iratangira, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, mu kiganiro yagiranye n’abarimu ndetse n’abayobozi b’inzego z’uburezi mu gihugu hose. Iyi gahunda igamije kunoza uburyo abarimu bimurwa mu buryo burambye, bubahiriza inyungu rusange z’abanyeshuri ndetse…

Read More

Igenzura ry’isoko ryihariye ry’abarimu: Umushinga mushya ushobora gufasha abarimu kubona ibicuruzwa ku giciro kiboroheye

Mu nama yabereye ikigali kumunsi w’ejo , Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, yatangaje ko Minisiteri ayoboye igiye gusuzuma igitekerezo cyatangajwe n’umwarimu, gishingiye ku gushyiraho isoko ryihariye rigenewe abarimu, nk’uko abasirikare bafite army shop ibagenera serivisi z’ibicuruzwa ku giciro kiboroheye. Iki gitekerezo cyatanzwe na Niyitegeka Emile, umwarimu wo mu Karere ka Muhanga, cyakiriwe neza n’abari bitabiriye…

Read More

INAMA NYUNGURANABITEKEREZO KU BUREZI IRIMO KUBERA I KIGALI CONVENTION CENTRE: UMUSARURO W’UBUREZI USHINGIRA KU MWARIMU

Kigali – Kuri uyu wa Gatatu, muri Kigali Convention Centre, hatangiye Inama Nyunguranabitekerezo ku burezi yibanda ku myigire n’imyigishirize mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Ni inama yateguwe na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yahuje abarimu bahagarariye abandi baturutse hirya no hino mu gihugu, ku rwego rw’uburezi bw’ibanze, hagamijwe kungurana ibitekerezo ku bibazo, ibisubizo, imbogamizi n’intambwe imaze guterwa mu…

Read More

Sam Altman, Umuyobozi wa ChatGPT, yatangajeko  ko Ibyo muyibaza bigeye kujya bikoreshwa nkibimenyetso bibashinja mu nkiko

Mu itangazo ritunguranye ryasohowe na Sam Altman, Umuyobozi Mukuru wa kompanyi ikora porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano izwi cyane nka ChatGPT, yaburiye abakoresha iyi serivisi ko amakuru yabo bayibwira  mu buryo bwo kuganira na “AI” ashobora kutarindwa n’amategeko nk’uko benshi babyibwira. Ibi bije mu gihe ChatGPT ikomeje gukoreshwa cyane ku isi hose, aho bamwe bayigisha amabanga yihariye,…

Read More