Hakim

VIDEO : Bamwe mu bakirisitu barahamagarira pasitor mutesi na mama charlilene ko bareka gukorera Imana bakajya muburaya bweruye no gukina prono kuko badakora ibikwiye

Mu gihe abakozi b’Imana bagomba kuba intangarugero mu myitwarire, imyifatire, no mu buryo bayobora, birababaje cyane kubona abapasiteri babiri bashyira umuryango mugari mu rujijo nyuma y’ishyirwa hanze ry’amashusho yabo y’urukozasoni. Aya mashusho amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yateye benshi ipfunwe n’agahinda, by’umwihariko abemera Imana bari bayobotse pasitor mutesi na mama charlilene bibwiraga ko bari…

Read More

Ese izi  Video za   mama chalilene na Pasiteri Mutesi  babaswe no kwikinisha abagabo bakishura  kuberiki zirigukwirakwizwa

Video zuducurama zikomeje gukwira kumbuga nkoranya mbaga byumwihariko kuri whatsupp  impaka nazo zikomeje kuba ndende n’inkubiri ku mbuga nkoranyambaga aho aba bakozi bimana bazwi cyane mu Rwanda,  Izo zama video call batambaye,  biri kugaragara ko ari imyitwarire idakwiye kubakozi b’imana . Mu mashusho akomeje gukwirakwiza aba bombi wagira bakoranye umushinga , Pasiteri Mutesi gusa abenshi…

Read More

Video Pasiteri Mutesi  Ari Koga Yikinisha Kuri Videocal Irakora Kuribenshi ,Abakirisitu  Nibayibona Ntakongera Gusenga

  Kumunsi wejo  nibwo nabonye video yaciye ibintu yakuruye  impaka ndende n’inkubiri ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko videwo igaragaza Pasiteri Mutesi, umuyobozi w’itorero rizwi mu Rwanda, ikwirakwijwe. Iyo videwo imwerekana ari mu bwiherero (douche), akora video call n’umugore, atambaye, bikaba bigaragara ko ari imyitwarire idakwiye ku muyobozi w’idini. Iyi videwo yateye urujijo, gutangara, n’agahinda mu…

Read More

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma: Hashyizweho ba Minisitiri bashya bane barimo n’abaminisitiri bungirije

Tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma, hashyirwamo impinduka mu myanya ikomeye y’ubuyobozi, harimo kwinjiza amazina mashya ndetse n’abasanzwe bahawe inshingano nshya. Impinduka zakozwe zagaragaje abaminisitiri  bashya bane barimo ba minisitiri bashya n’abaminisitiri bungirije (State Ministers), bigaragaza imbaraga nshya zije gufasha mu guteza imbere inzego zitandukanye z’igihugu…

Read More

Muri  2050,  70 % by’abanyarwanda bazaba batuye mu mijyi y’icyitegererezo, kandi bazaba bafite imibereho myiza,ndetse  n’amahirwe angana  

Minisiteri y’Ibikorwaremezo MININFRA Mu kwezi kwa Gicurasi 2025,   yatangije Politiki Y’Igihugu Y’Imijyi 2025 (National Urbanisation Policy – NUP 2025),ndetse  inashimangirwa na KUBAKA, urubuga rushya rw’ikoranabuhanga mu gutanga uruhushya rwo kubaka, rugamije kurebako inyubako ijanye nigishushanyo mbonera , ndetse  no gufasha abaturage kugira uruhare mu iterambere ry’imijyi mu Rwanda. Iyi politiki igamije kugeza 70 % by’abanyarwanda batuye…

Read More

Dr. Justin Nsengiyumva, wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya wu Rwanda Ni Muntu ki ?

Kugeza ubu, nta mpamvu yihariye yatangajwe ku mpinduka zakozwe kuri Minisitiri w’Intebe wahozeho, Dr. Edouard Ngirente. Perezida Paul Kagame yamusimbuje ku wa 23 Nyakanga 2025, atangaza Justin Nsengiyumva nka minisitiri w’intebe mushya kuri uwo mwanya. Mu tangazo ryashyizwe ahagaragara nta bisobanuro byatanzwe ku mpamvu z’izimpinduka. Gusa, mu Rwanda, impinduka nk’izi zikorwa ku bushake bwa Perezida…

Read More

Umunyarwandakazi wihebeye gukina filme z’urukozasoni  Isimbi Noelline Ari Mumazi abira

Isimbi Yvonne, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Isimbi Noelline cyangwa “Lexiluv,” yabaye icyamamare bwa mbere ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda mu 2019. Nubwo atigeze arenga ijonjora rya mbere—bivugwa ko atageze ku burebure busabwa—byatumye atangira kumenyekana mu itangazamakuru. Nyuma y’aho, yatangiye gusangiza amafoto yambaye ubusa ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram. Impamvu yahisemo gukora amafoto…

Read More

Gahunda ya  Holiday Remedial Program 2025 Yatangiye ndetse hamenyekana nibihembo kubazayigiramo uruhare

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro ko gahunda yiswe “Holiday Remedial Teaching and Learning Program 2025” yatangiye gukorwa guhera ku wa 21 Nyakanga 2025, ikazasozwa ku wa 26 Kanama 2025. Iyi gahunda yateguwe mu rwego rwo gufasha abana biga mu mashuri abanza kuva mu mwaka wa mbere kugeza mu wa gatanu (P1-P5), kugira…

Read More

Abantu 172,824 Bapfa Buri Munsi ku Isi: Ibihugu 10 Bifite Urupfu Ruri hejuru n’Ibisobanuro ku Mpamvu Zitera Ibi byago

Mu gihe isi ikomeje kwihuta mu iterambere n’ikoranabuhanga, imibare y’abapfa buri munsi irakomeje gutera impungenge. Buri munsi, abantu barenga ibihumbi 172 (172,824) bapfa ku isi hose, bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo indwara, impanuka, intambara, ubukene, n’izindi ndwara zandura zitandura. Ikibabaje ni uko ibihugu bimwe bifite urupfu ruri hejuru cyane ugereranyije n’ibindi, bikagaragaza ko hari ibikwiye kuvugutirwa…

Read More

Nyuma yo Kureba Video ye arikwinisha  ku Mugaragaro, Abagabo Benshi muri Uganda  Biteguye Gutora Hon. Elizabeth Kakwanzi

Mu buryo butunguranye, video y’ibanga yashyizwe hanze yahinduye byinshi ku miterere ya politiki muri Uganda. Doreko  yatumye Hon. Elizabeth Kakwanzi, wahoze ari Umudepite uzwi cyane mu bikorwa by’uburenganzira bw’abagore, akundwa kurushaho cyane cyane n’abagabo. Igitangaje kurusha ibindi ni uko nyuma yo gutanga candidature akomeje kwerekwa urukundo rudasanzwe . Video Yabaye Nk’umurabyo Video yashyizwe hanze mu…

Read More