Hakim

Hamenyekanye Icyatumye Peresida Donald Trump Asaba Abaperesida ba Afurika kujya Bivuga Ese Abahanga babivuzeho iki ?

Mu kwezi kwa Nyakanga 2025, Perezida w’Amerika w’icyo gihe, Donald Trump, yakiriye abayobozi b’ibihugu bitanu byo mu Burengerazuba bwa Afurika: Liberia, Senegal, Gabon, Mauritania, na Guinea-Bissau, mu ifunguro rya saa sita ryabereye muri White House. Intego y’iyo nama yari ugushimangira ubucuruzi no guhangana n’izamuka ry’uruhare rw’u Bushinwa muri Afurika.Muri iyo nama, Trump yavuze amagambo yavugishije…

Read More

Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bakoze ibizamini bya Leta bagaragaza icyizere n’ishyaka ryo gutsinda

Kuri GS HVP Gatagara – Rwamagana, abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona barimo gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu buryo budasanzwe kandi bugaragaza intambwe yatewe mu guteza imbere uburezi budaheza mu Rwanda. Aba banyeshuri bahawe uburyo bwihariye bwo kubafasha gukora ibizamini birimo gukoresha impapuro zanditseho Braille, impapuro zifite inyuguti nini, ibikoresho byihariye byabafasha gusoma…

Read More

Ese Mwabonye Icyo Twita  Ukwezi Kuzuye ( Full Moon )  Nejo Kurongera Kube? Menya Igihe Nyacyo Uzareberaho ,Ndetse N’icyo Bivuze Mwisi  Y’umwuka

Mu gihe abantu benshi hirya no hino ku isi bagira amatsiko buri mwaka ku bijyanye n’ukwezi kwuzuye, muri Nyakanga 2025 ho batinda  cyane kubera ko ukwezi kw’uyu mwaka kuzakubita agahigo karenze—abahanga bise  “Buck Moon”, cyangwa “Ukwezi kw’impene y’ingabo.” None se, ukwezi kuzaba   ryari muri Nyakanga 2025? Kuki kwitwa Buck Moon? Ese ni iki bivuze ku…

Read More

Umunyeshuri wo mu Karere ka Ngoma wa gonzwe  n’Imodoka arimo gukorera ibizamini  bya Leta aho arwariye Ari mu Bitaro

Adeline Niyonagize, umunyeshuri w’imyaka 20 wigaga ibijyanye n’ubukerarugendo muri GS Mutenderi, mu Karere ka Ngoma, yakoze ibizamini bya Leta atari mu ishuri nk’abandi banyeshuri, ahubwo yakoreye  ibizamini bye mu bitaro bya Kibungo Referral Hospital, aho arwariye. Ibi byabaye urugero rudasanzwe rugaragaza imbogamizi bamwe mu banyeshuri mu Rwanda bahura na zo, ariko kandi bigaragaza uburyo inzego…

Read More

Rurageretse gitifu w’umurenge numunyamakuru wa Goodrich tv.

Umunyamakuru wa Goodrich Tv Iradukunda Dieudonne ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri cya G.S Gishikiri iherereye mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Nyagihanga, agasanga abana bicuke bigira musi y’igiti. Ubwo yakoraga Iyi nkuru umunyamabanga shingabikorwa w’umurenge wa Nyagihanga, Muhizi Toussaintyatangiye kumwikoma ko arigusebya umurengewe ko bitaringombwa gukora iyi nkuru. Yakomeje kumutera ubwoba amumenyesha ko nadasaba imbabazi Toussaint,…

Read More

Ngibi ibintu bitangaje k’undirimbo “Kasongo” ya Super Mazembe: ivuga ubutumwa Bw’Umugore Wabuze Umugabo We None ubu  Ikaba Iri Ikimenyabose

Indirimbo yitwa “Kasongo” y’itsinda rya Super Mazembe, ubu iri kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru rinyuranye muri Afurika yo hagati n’iy’iburasirazuba. Iyo ndirimbo yuje amarangamutima, ubuhanga n’inkuru y’akababaro k’umugore wabuze umugabo we witwa Kasongo Wakanema, imaze gufata kwigarurira imitima  ya benshi kubera uko ijyanye n’ubuzima bwa buri munsi bw’abantu benshi bagiye babura abakunzi…

Read More

Chelsea ya bimburiye izindi kipe kugera ku mukino wanyuma wigikombe cy’Isi cyama Clubs.

Ikipe ya Chelsia ibifashijwemo numusore wayo yaguze mwino sama Joao Pedro, watsinze ibitego 2 byahise bituma Fluminense isezererwa, itageze kumukino wanyuma uzaba kuwa 13 Nyakanga 25 uyumukino wambere wa ½. MetLife Stadium habereye umukino wa ½ cy’iri rushanwa riri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Chelsea FC yatangiranye ibihe byiza muri uyu mukino kuko…

Read More

Ngizi Impamvu  Zitera Abagabo Gupfa Bari Mu Gikorwa cy’Imibonano Mpuzabitsina

Mu mateka y’isi, habayeho abantu benshi bazize urupfu rutunguranye bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina. Ibi bintu bitavugwaho cyane kubera isoni cyangwa isura bitanga muri sosiyete , ariko ni ibintu byagiye bigaragara mu buzima bw’abantu b’ingeri zose, kuva ku bategetsi bakomeye , ibyamamare bizwi ku isi nabagabo basanzwe. Perezida Félix Faure: umwe mubapersida baziza ururupfa rutunguranye…

Read More

INGUZANYO ZA BANKI: NI INZIRA Y’UBUKIRE CYANGWA UMUTEGO MUTINDI?

Mu myaka ya vuba, inguzanyo za banki zagize uruhare runini mu mibereho y’abantu benshi ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko. Hari ababigeraho bagakira babikesha inguzanyo ya banki, abandi bikabashora mu bukene budashira bakagurisha n’imitungo yabo. Inguzanyo ni amafaranga umuntu cyangwa isosiyete ifata ku kigo cy’imari (nka banki) agasabwa kuyishyura nyuma y’igihe runaka hiyongereyeho inyungu. Banki…

Read More

Rugaju Reagan yamaze ku girwa umutoza w’ungirije muri Gorilla FC.

Rugaju Reagan Uherutse kubona Lecense C, itangwa na (CAF) Confederation of Africa Football. Rugaju Reagan yamaze Reangan Rugaju ni umunyamakuru ukora ikiganiro cy’imikino kuri Radio Rwanda na Television Rwanda ni umukozi uhoraho wa RBA. Akaba arumunyamakuruzwiho gukunda umunyabigwi mumupira w’amaguru Cristiano Ronaldo, akanafa bikomeye cyane ikipe y’ Arsenal iyikipe Kandi ikaba Ari numufatanya bikorwa na…

Read More