Hakim

REB igiye gutangiza gahunda  ya remedial Porogaramu y’Amasomo y’Inyongera  ku Banyeshuri Barenga 300,000

Tariki ya 15 Nyakanga 2025 ni itariki izaba itazibagirana mu mateka y’uburezi bw’u Rwanda, aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) kizatangiza ku mugaragaro gahunda yihariye y’amasomo y’iyungura (Remedial Learning Program) ku banyeshuri barenga ibihumbi 300 bo mu byiciro bitandukanye by’amashuri abanza . Iyi  ninkuru dekesha ikinyamakuru thenewtimes Iyi gahunda nshya izashyirwa mu bikorwa mu gihugu…

Read More

Agahinda Gakabije Mu Baribizeye Ko Pi Coin Izabahindura Ubuzima Bakagera K’unzozi Zabo Ubu Byabay’Iciro Ry’imigani

Mu gihe ikoranabuhanga rikomeje guhindura ubuzima n’uburyo bwo gukorera n’amafaranga ku isi bwarahindutse , hari abari baragiriye icyizere gikomeye  Pi Network. Uyu mushinga wa “crypto currency” watangiye mu 2019, wari witezweho kuzana impinduka mu ishoramari n’ubukungu bw’abantu benshi, ariko ubu ibintu byarahindutse. Abari barizeye  ko Pi Coin izabinjiriza akayabo bari mu gahinda, cyane ko iyi…

Read More

Perezida Kagame yifatanyije n’Isi mu kwizihiza imyaka 15 ya Komisiyo Mpuzamahanga y’Itumanaho

muri Village Urugwiro  Ku wa 6 Nyakanga 2025 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye ibiganiro byateguwe na Komisiyo y’Umuyoboro Mugari w’Itumanaho rya Internet (Broadband Commission for Sustainable Development), mu rwego rwo kwizihiza imyaka 15 iyi komisiyo imaze ifasha Isi mu rugamba rwo kugeza internet kuri bose, hatangwa umusanzu mu iterambere rirambye. Iyi nama…

Read More

Ikipe ya Real Madrid yatsinze Borussia Dortmund ibitego 3-2 isanga Paris Saint-Germain muri ½ cy’lgikombe cy’lsi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ikipe ya Real Madrid yatsinze Borussia Dortmund ibitego 3-2 isanga Paris Saint-Germain muri ½ cy’lgikombe cy’lsi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umukino wa ¼ Wabereye kuri MetLife stadium iri muri Let ya New Jersey.Real Madrid yatangiye isatira cyane ku munota wa 10 yahise ifungura amazamu kugitego cy’atsinzwe na Gonzalo Garcia…

Read More

Impamvu Leta y’u Rwanda yahisemo Kuzana Abarimu benshi b’Abanyazimbabwe mu rwego rwo kuzamura Ireme ry’Uburezi

Mu rwego rwo gukomeza kuzamura ireme ry’uburezi no guteza imbere ubushobozi bw’abarimu mu Rwanda, cyane cyane mu rurimi rw’Icyongereza, Leta y’u Rwanda yahisemo kongera umubare w’abarimu bakomoka muri Zimbabwe bazanywe mu gihugu kugira ngo bafashe mu kubaka ubushobozi bw’abarimu b’Abanyarwanda. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, ku wa 19 Kamena 2025, ubwo yagezaga…

Read More

I GOMA HAGARAGAYE IMIBIRI 3 YABATURAGE BISHWE U RWAGASHINYAGURO MAZE IJUGUNYWA MU MWOBO NGO IBOREREMO

  Ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, abaturage bo mu murenge wa Himbi mu Karere ka Goma bahuye  nikibazo gikomeye ubwo bagiye kumena imyanda , bakumva ibintu bidasanzwe. Kubera impumuro idasanzwe bagiye kureba , bahasanga  imibiri itatu, yari itwikiriye  kandi ifite ibimenyetso by’ihohoterwa bikabije—yose  yari mu mwobo  gusa kubera yarimaze iminsi yatangiye gusohora…

Read More

I Kigali Harizihirizwa Umunsi Mpuzamahanga Wabavuga ururimi Rw’igiswahili Kunshuro Ya  Kane Nibihugu Byose Bigize Umuryango Wa EAC

Ni igikorwa gikomeye, cyateguwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ku bufatanye n’u Rwanda, gifite intego yo gukomeza guteza imbere ururimi rw’igiswahili nk’ururimi ruhuza, rwubaka ubumwe n’iterambere mu karere. Uyu munsi w’ingenzi wizihizwa ku matariki ya 6 na 7 Nyakanga 2025, ni ku nshuro ya kane uhujwe n’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba: u Rwanda, Kenya,…

Read More

Icyiciro cyambere cyumushinga wa guhindura Amarangamuntu kirarimbanyije ngibi ibyo wamenya k’undangamuntu zikoze mu buryo bw’ikoranabuhanga zigiye Gutangwa

Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rwo kwihutisha iterambere  mu ikoranabuhanga no kunoza imitangire ya serivisi rusange, Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Indangamuntu (NIDA) muminsi ishize  cyatangaje ko kigiye gutangiza igeragezwa ry’ikoranabuhanga rishya ririmo gukoresha Indangamuntu ziri Digitali. Ibi biteganijweko bizatangira muruku kwezi kumwe  nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bwa NIDA. Ubu ni uburyo bushya buzafasha abaturage kubona serivisi…

Read More

Umugabo Bamukuyemo Inzoka yigisore Mu nda Abaganga  Barumirwa Neza neza

Mu bitaro byo mu Bushinwa, abaganga bakoze igikorwa cy’ubuvuzi cyatangaje isi, ubwo bakuraga inzoka ikiri nzima  mu nda y’umugabo w’imyaka 33 utavuzwe amazina. Uyu mugabo yajyanywe mu bitaro by’icyitegererezo bya Kaminuza y’Ubuvuzi ya Hunan, afite ububabare bukabije mu nda, ahasanga abaganga binzobere mu buryo budasanzwe. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Huaihua Daily, umugabo yagejejwe ku bitaro agaragaza…

Read More