Amashuri Nderabarezi ari guhindura isura nyuma y’uko ashowemo miliyari 74 Frw
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri Nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri 16 y’icyitegererezo abyegereye, uzarangira utwaye miliyari 74 Frw. Uyu mushinga witezweho impinduka zikomeye mu rwego rw’uburezi, cyane cyane mu kwimakaza ikoranabuhanga n’imyigishirize ijyanye n’igihe. Mu mwaka wa 2021, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kuvugurura amashuri Nderabarezi (TTCs –…
