Hakim

Amashuri Nderabarezi ari guhindura isura nyuma y’uko ashowemo miliyari 74 Frw

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri Nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri 16 y’icyitegererezo abyegereye, uzarangira utwaye miliyari 74 Frw. Uyu mushinga witezweho impinduka zikomeye mu rwego rw’uburezi, cyane cyane mu kwimakaza ikoranabuhanga n’imyigishirize ijyanye n’igihe. Mu mwaka wa 2021, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kuvugurura amashuri Nderabarezi (TTCs –…

Read More

Ngororero: Umubyeyi yafashwe n’ibise mu modoka ahita abyara

Inkuru itangaje ariko irashimishije yabaye mu Karere ka Ngororero ku wa 10 Ugushyingo 2025, ubwo umubyeyi wari mu rugendo yahagaritse imodoka ya Virunga Coaster kubera ibise byari bitunguranye, maze abyara umwana w’umuhungu imbere y’abagenzi bari kumwe muri urwo rugendo. Nk’uko byatangajwe n’Umucungamutungo wa Kampani itwara abagenzi ya Virunga Express, Bwana  ngo uyu mubyeyi yari avuye…

Read More

Maroc yanditse amateka akomeye mu Gikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 nyuma yo kunyagira New Caledonia ibitego 16-0

Ku Cyumweru tariki ya 9 Ugushyingo 2025, muri Doha, muri Qatar, habaye umukino  utazibagirana mu mateka y’umupira w’amaguru w’abatarengeje imyaka 17. Ni umukino wahuje ikipe y’igihugu ya Maroc n’iya New Caledonia, mu irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 (FIFA U-17 World Cup), aho Maroc yatsinze ibitego 16-0, ikandika amateka mashya muri iri rushanwa. Uyu mukino…

Read More

Meddy arashimwa na Kitoko bibarwa  kubera ivugabutumwa akora kuri murandasi nyuma yo kwiyegurira IMANA

Nyuma y’imyaka irenga icumi aba mu Bwongereza, umuhanzi w’Umunyarwanda Mpuzamahanga Kitoko Bibarwa yagarutse gutura mu Rwanda, azanye ubutumwa bushya n’imbaraga nshya mu muziki. Ariko icyatangaje benshi mu byo yavuze ni uko yagarutse anagaragaza uburyo ashimira cyane inshuti ye ya kera, Ngabo Medard Jobert uzwi nka Meddy, kubera uburyo yahinduye ubuzima bwe, akaba ubu asigaye ari…

Read More

Abahanzi, Abasizi, Abamotari n’Abacuruzi b’Abanyarwanda Bahizwe mu Bazemererwa Gutangira Gutanga Imisanzu y’Izabukuru, Ubwishingizi bwa Rama n’Ibindi Byari Byemererwa Abakozi ba Leta Gusa

Mu gihe u Rwanda ruri kwitegura kuvugurura amategeko akomeye y’ubwiteganyirize asanzwe agenga imibereho myiza nk’ubwishingizi bw’ubuzima, ikiruhuko cy’ababyeyi ndetse n’amapensiyo, biteganyijwe ko bizaba byasohotse bitarenze umwaka wa 2026. Ibi bizaha abahanzi n’abandi bakozi bo mu rwego rutari urwemewe mu buryo bwa Leta amahirwe yo gutangira gutekereza ku gihe cy’izabukuru binyuze mu kwitabira gahunda z’ubwiteganyirize. Minisiteri…

Read More

Minisitiri Nsengimana na Mukazayire batangije ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26, basaba abanyeshuri guhuza kwiga no gukora siporo

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph, Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, n’abandi bayobozi ba siporo mu mashuri n’amashyirahamwe y’imikino bahuriye muri Lycée de Kigali ahabereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26 bibutsa abanyeshuri kujyanisha imikino no kwiga. Ni umwaka w’imikino watangijwe ku mugaragaro ku wa 20 Ukwakira 2025, aho Minisitiri w’Uburezi, Dr. Nsengimana Joseph,…

Read More

Umujyi wa Kigali Wafunguye Amahirwe ku Bashaka Gutaka Umujyi mu Mpera z’Umwaka: Kigali Izaba Idasanzwe!

 Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ku mugaragaro gahunda nshya igamije gufasha mu gushimisha abatuye Umurwa Mukuru ndetse no gushyira mu bikorwa ibikorwa byo gutaka no kugaragaza isura nziza y’umujyi mu mpera z’umwaka wa 2025. Iyi gahunda, yiswe “Expression of Interest – End-of-Year City Decoration”, ifunguye amarembo ku banyamuryango bose b’umuryango nyarwanda, ibigo byikorera, amashyirahamwe ndetse…

Read More

Uwahoze ari umuvugabutumwa muri ADEPR yapfuye mu buryo butunguranye nyuma yo kurarana n’umugore utari uwe

Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Kanazi, Umudugudu wa Musagara, hagaragaye urupfu rutunguranye rwa Rwigema Donatien, wahoze ari umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR. Nyakwigendera yasanzwe yapfuye mu buriri, mu nzu y’icyumba kimwe bivugwa ko yari yararanyemo n’umugore utari uwe. Iyi nkuru yahise ikwira mu baturage…

Read More

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yakiriye itsinda ry’abarimu 50 b’abakorana bushake ba OIF bagiye guhindura byinshi mu myigishirize y’Igifaransa mu Rwanda

Ku wa 5 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda, Bwana Joseph Nsengimana, yakiriye ku mugaragaro itsinda rishya rigizwe n’abarimu 50 b’abakorerabushake bo mu Muryango Mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa (Organisation Internationale de la Francophonie, OIF). Abo barimu bazamara umwaka w’amashuri bakorera mu bigo byigisha abarimu (TTCs) no mu mashuri atandukanye, bagamije guteza imbere ireme ry’amasomo y’Igifaransa…

Read More