Edin Dali Yasohoye Indirimbo Nshya y’urukundo “Nakunda Nde?”Ikomeje Gukundwa na Benshi
Umuhanzi uri kuzamuka, Edin Dali, akomeje kwigaragaza nk’imwe mu mpano nshya zitezweho guhindura isura ya…
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva Yasabye Abaturage Kureka “Ibyuma” Nyuma y’aho Mu Cyumweru Kimwe Byahitanye 25, Abandi Barenga 300 Bakajyanwa kwa Muganga
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage no kurengera ubuzima…
Rubavu: Ikamyo Yagonze Ivatiri, Moto n’Abanyamaguru, Abantu 11 Bahita Bahasiga Ubuzima
Impanuka ikomeye yabereye mu Karere ka Rubavu ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Gashyantare 2026, yahitanye…
Inzoga z’Inkorano Zimaze Kwica 20, Abagera kuri 300 Barwaye Ubuhumyi mu Ntara y’Iburasirazuba
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko inzoga z’inkorano zikomeje guteza ibibazo bikomeye ku buzima…
Kiliziya Imaze Imyaka 144 Yubakwa Igiye Gutahwa – Menya Amabanga n’Amateka Atangaje Ayirimo
Mu mujyi wa Barcelona mu gihugu cya Espagne, hahagaze inyubako yihariye ku isi yose izwi nka…
Ubuyapani Buri Gukoresha Intambwe z’Abaturage Mu Gukora Amashanyarazi Hifashishijwe Ikoranabuhanga Rigezweho
Mu gihe isi ihanganye n’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere n’izamuka ry’ibiciro by’ingufu, ibihugu byinshi biri gushaka ibisubizo…
Minisitiri Nsengimana yasabye amashuri makuru na kaminuza gushyira imbaraga mu bushakashatsi no guhanga ibishya aho kwigisha gusa
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko niba u Rwanda rushaka kugera ku cyerekezo rwihaye cya 2050,…
Ingingo z’Amategeko Zigenga Ibyaha byo Gukorera Undi Ibizamini no Gukopeza mu Rwanda (Mu Mashuri no mu Bizamini by’Akazi)
Mw’iyi minsi bimaze kugaragara ko abantu benshi batagifata amategeko nk’ikintu gikomeye, ndetse hari n’abasigaye bakora ibikorwa…
MTN Yashyizeho Serivisi Nshya za MoKash Zirimo Inguzanyo y’Inyongera no Kwizigamira Ugahabwa Inyungu, Mu Rwego rwo Gufasha Abakiliya Nyuma y’Izamuka ry’Ibiciro bya Internet
Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere serivisi z’imari zikoresha ikoranabuhanga no gufasha Abanyarwanda guhangana n’ibibazo by’ubukungu,…
REB Yashyize ku Isoko Imyanya y’Akazi mu Burezi: Abashaka Kuba ABA H.E, ABA DOS, ABARIMU n’ABA ACCOUNTANT Barasabwa Gusaba Hakiri Kare
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ruratangariza abantu bose bujuje ibisabwa kandi bifuza gukora mu rwego…