
Video zuducurama zikomeje gukwira kumbuga nkoranya mbaga byumwihariko kuri whatsupp impaka nazo zikomeje kuba ndende n’inkubiri ku mbuga nkoranyambaga aho aba bakozi bimana bazwi cyane mu Rwanda, Izo zama video call batambaye, biri kugaragara ko ari imyitwarire idakwiye kubakozi b’imana .
Mu mashusho akomeje gukwirakwiza aba bombi wagira bakoranye umushinga , Pasiteri Mutesi gusa abenshi bavuga ko imvugo iyi myitwarire bari bagiranye itarimo ubupfura cyangwa kubaha umurimo w’imana .
Biracyari urujijo impanvu aya mashusho yageze hanze gusa uwayabonye mbere ni pastor claude niba ariwe wayashize mbere ku mbuga nkoranyambaga cyangwa arundi muntu turabimenya mumasaha arimbere . Ariko bikomeje guteza ikibazo ku kinyabupfura cy’abiyita abakozi b’Imana.
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imiyoborere (RGB) ndetse na RIB ikibazo ntago barakinjiramo Gusa abanyarwanda bakomeje kumirwa pee ukuntu abamama bakuze bifata amavideo nkariya kandi bakayacuruza
Inama Zigenewe Urubyiruko n’Abakristo
Kubera ibyaha nk’ibi bikomeje kugaragara, dore inama z’ingenzi zigenewe urubyiruko n’abakristo muri rusange:
- Ntukizere buri muntu wiyita pasiteri atabanje kugaragaza ubunyangamugayo n’ububasha buva ku Mana.
- Igihe ubonye imyitwarire y’amafuti cyangwa ibimenyetso by’imyitwarire mibi, shyikiriza inzego zibishinzwe.
- Irinde gusangira amafoto cyangwa videwo z’ubusambanyi kuri telefoni n’abantu batizewe. Ibyo ushobora kwita ibanga ejo bishobora kwangiza ubuzima bwawe.
- Shyira imbaraga mu kwiyubakira ukwizera, aho kwishora mu “ibitangaza” by’abantu batizeye.
- Ibyiyumvo bigushidikanywaho bikwiye gufatwa nk’akabariro: ugomba kubyitondera no kugisha inama.
