Abagore Bo muri Kenya Ntibanyuzwe n’Icyemezo Gishya cya Jimal Rohosafi wataye umugore babyaranye akisangira dabijoux
Abagore Bo muri Kenya Ntibanyuzwe n’Icyemezo Gishya cya Jamal Ibrahim, uzwi cyane nka Jamal Rohosafi, Perezida w’Ihuriro ry’Abatwara Abagenzi mu Mamodoka za Matatu(Association of Matatu Operators).
Uyu mugwizatunga amaze imyaka myinshi asimburanya abagore benshi kandi beza byunvikaneko akunda kwirira abana mumnvugo zabiyiminsi, benshi bakaba bibaza ikibazo kiri ku bagore atandukana nabo cyangwa niwe kibazo ?.

ABO INKURU ISHINGIYEHO
Byagaragaye ko benshi bamubonamo ikibazo, cyane cyane nyuma yo gutandukana n’umugore babyaranye, Wangari Thiongo aho imbuga nkoranyambaga nyinshi murikenya zamwibasiriye abafana nabo baramwota koko .
Uyumunsi tugiye kugaruka k’Umukunzi Mushya wa Jamal Rohosafi

Byatangiye ubwo hasakaraha amashusho ya Bijou Dabijou , ubwo hari ku isabukuru ye y’amavuko.
Amashusho yagaragaraza jamal yayagariye jabijou amufitiye irari cyane , benshi bibaza impamvu umuntu wubatse yari kugaragara mwayo mashusho yari yashyizwe
https://www.instagram.com/reel/DJcPiD8MhwQ/?igsh=Y2NuYWNxc3J1enlm
Hashize iminsi, byagaragaye ko Jimal atakiri kumwe n’umugore we babyaranye, ahubwo ari murukundo na Dabijou, nubwo atatanze ibisobanura kumashusho yabo bombi.
Bombi bajyanye mu rugendo muri Etiyopiya (Ethiopia) kurya ubuzima ndetse banitabira inama z’ubucuruzi hamwe.
https://www.instagram.com/dabijou?igsh=YTFuaXp0dW9leGJ2
amashusho yabo yombi yateye uburakari abagore b’Abanyakenya, bafata icyemezo cyo kuvugira Wangari Thiongo batuka jamal muma comment nkuko byagaragaye kumbuga nkoranyambaga.
Hari andi mashusho yagaragaye Jamal ari gukanda kuri mudasobwa ye, mu gihe umukunzi we mushya dabijoux yabyinaga imbere ya kamera, agaragaza imiterere ye ikunze kuvugisha abagabo batari bake kwiyimihanda ya social media .
Jamal yari yishimiye ibyo yabonaga, areba uko Dabijou yerekana ubuhanga bwe mu kubyina.
Amashusho yasize isura mbi ku bagore benshi, bavuze ko atari imyitwarire myiza .
Bashinje dabijoux kutagira icyubahiro, bibaza impamvu Jamal yasize umugore wiyubashye nka Thiongo akajya kuruyu mwari w’iirwanda .
Uyu Dabijoux Ni Muntu Ki Ukomejwe Gukundwa Kumbuga Nkoranyambaga?

Dabijou, amazina ye nyakuri akaba ari Munezero Rosine, ni umunyamideli w’Umunyarwandakazi, umuririmbyi, akaba n’umwanditsi w’indirimbo, umukinnyi ndetse n’umuhanga mu gushushanya imyambaro. Azwi cyane mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba, by’umwihariko mu Rwanda, aho akunze no kugaragara . Dabijou anafite urubuga rwa YouTube aho asangiza abantu indirimbo ze n’ibindi bikubiye mu bikorwa bye.
Ibikorwa bya Rosine mu ruganda rw’imideli byagize ingaruka nziza, bikaba byarahaye icyerekezo gishya urubyiruko rwinshi rw’Abanyarwanda rwinjira mu bucuruzi n’imideli. Nubwo hatavugwa ibihembo runaka yahawe, uruhare rwe rurigaragaza .
Mu byo Rosine akora, yibanda cyane ku kugaragaza udushya. Yemera ko imideli ari uburyo bwo gutanga ubutumwa, akoresheje ibyo akora mu kugaragaza umuco n’indangagaciro z’umuntu kugiti cye . Icyerekezo cye kirenze imideli gusa, kuko nubwo adako umuziki nkabandi bakobwa nawe acishamo agasohora inidirmbo nubwo itangazamakuru ritazitindaho gusa aba arinziza kandi ziryoheye amatwi.
Dabijou yavuzwe murukundo na YAGO PON DAT Gusa biza kurangira nabi
Nyarwaya Innocent [Yago pond at ] yigeze kwandagaza Munezero Rosine [Dabijou] bakundanyeho umwaka hafi n’igice nyumayo kumwandagaza dabijoux yatanze ikirego muri RIB (Rwanda investigation bireu), uyu munyamakuru witwa yago pond at ubifatanya n’ubuhanzi yaje kwitaba ubugenzacyaha Nk’uko umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thiery yabihamije.

Ntabwo ubugenzacyaha bwemeje ibyaha yari akurikiranweho ariko mu nyandiko y’ikirego cyatanzwe na Dabijou nyuma yo gusobanura umubano wabo wari ushingiye ku rukundo.
Yasabaga ubugenzacyaha ko bwamufasha ku bw’ubuhemu yakorewe afatwa amashusho y’urukozasoni mu buryo atazi mugihe babaga bari mubyumba byibanga , yago pond at yamukangish ndetse Akanongeraho kumuhimbira ibyaha amubeshyera nk’uko byumvikana mu majwi asa na Yago akomeje gukwirakwira ku mbuga arimo kumvikanisha ko Dabijou yacuruza abakobwa.
Ibi byaha byo gucuruza abakobwa bisa n’ibyo uyu mukobwa yigeze gufungirwa muri 2018 agakatirwa imyaka 2 mbere y’uko ajurira akaza kugirwa umwere
Dabijoux yabigaragaje nko kumusonga ibyuma .
Ubwo InyaRwanda yabazaga Yago ku majwi ye yagiye hanze yandarika dabijoux , yasubije agira ati “Ntacyo mbivugaho.”
Umubano wa Yago na Dabijou watangiye muri Mutarama 2023 nyuma uyu muhanzi yiyambaza uyu mukobwa mu mashusho y’indirimbo ‘Si Swing’. Bivugwako Dabijou yanamuteye inkunga mu ikorwa ryayo aho yamuhaye Amadolari ya Amerika 1000 ugendeye ku isoko ry’ivunjisha rya none ni asaga Miliyoni 1 namafaranga ibihumbi maganane (1400000frw ).
Mu bihe byose abantu bakomeje kubafata nk’inshuti zisanzwe kugera ubwo Dabijou yahamyaga mu nyandiko y’ikirego yakozwe ku wa 03 Kamena 2024 ko bakundanaga igihe kigera ku mwaka n’amezi ane.
Ntawe uzi imvano yo gutandukana kwabo gusa bikekwako ari amafaranga nuburaya bwabiteye gusa Ntampanvu izwi neza yabatandukanyije
Katuvuge kumuziki wa dabijoux
Dabijoux ni urugero rwiza rw’umuhanzi w’Umunyarwandakazi uhuza impano zitandukanye mu muziki, imideli, n’imbuga nkoranyambaga, .
Abakunzi b’umuziki bashobora gukurikirana ibikorwa bye kuri YouTube, ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ze, aho asangiza indirimbo ze n’ibindi bikorwa by’ubuhanzi.
WAKUNVA INDIRIMBO ZE HANO HASI