Hakim

Abarimu Nyuma Y’itangazo UMWALIMU SACCO Yasohoye Banze Kuripfana Batabaza Ibigo By’imari, Mineduc Na H.E Paul Kagame

  Itangazo riherutse gusohorwa na Cooperative Umwalimu SACCO ryazamuye amarangamutima akomeye mu barimu bo hirya no hino mu gihugu, kugeza ubwo bamwe bifuje ko ikibazo cyabo kigera ku rwego rwo hejuru, ndetse bagasaba H.E Paul Kagame, Umukuru w’Igihugu, ko ari we wenyine wabasha gukemura iki kibazo cyabo kivugwaho n’abarimu benshi mu buryo budasanzwe. Nyuma y’iriya…

Read More

Udukoryo N’Uko Amasezerano Y’Amahoro Yasinyiwe I Washington Hagati Ya H.E Tshisekedi Na H.E Paul Kagame

Ku mugoroba w’ejo hashize, Washington yabaye ku isonga ry’amateka mashya yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ni inkuru yakwirakwiye ku isi yose mu kanya nk’ako guhumbya, kuko yari yitezwe kandi ikaba ishimangira intambwe ikomeye yo kugarura ituze mu karere. Ni amasezerano y’amahoro n’iterambere yasinywe hagati y’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ndetse na…

Read More

Umwalimu SACCO Isohoreye Itangazo Risobanura Icyifuzo cyo Kongera Inguzanyo no Kongera Ubwizigame Kugera 8%

Umwalimu SACCO yongeye kugaragaza ubushake bwo gukorana n’abanyamuryango bayo mu buryo bunoze, ibagezaho itangazo rihumuriza ndetse rinanyuze neza ku bijyanye n’icyifuzo cy’abifuza kongererwa ubushobozi bw’inguzanyo. Mu minsi ishize, abanyamuryango benshi bakomeje kugaragaza ko bifuza ko ingano y’inguzanyo bahabwa yakongerwa, cyane cyane hashingiwe ku bihe bikomeye by’ubukangurambaga bw’imari ndetse n’ihindagurika ry’ikirango cy’ubukungu muri rusange. Bamwe mu…

Read More

Uko Gahunda yo Gusinya Amasezerano y’Amahoro hagati y’u Rwanda na RDC Iragenda mukanya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ategerejwe kwakira Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida Félix Tshisekedi wa RDC mu biro bye bya White House, mu muhango wo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro n’ubufatanye mu by’ubukungu. Perezida Kagame yamaze kugera i Washington, D.C., aho ahura na Perezida Trump mbere yo kwifatanya mu…

Read More

Uko Umwarimu Azamurwa mu Ntera Hagendewe kuri Sitati Nshya: Ibyiciro n’Ibisabwa

  Umwuga w’uburezi ni inkingi ya mbere y’iterambere ry’igihugu. Uko umwarimu arushaho gutezwa imbere mu myigire, ubumenyi, uburambe n’imibereho, ni ko n’ireme ry’uburezi ryiyongera. Amategeko mashya agenga uburezi bw’u Rwanda, cyane cyane agena iterambere mu mwuga n’imicungire y’abarimu, yashyizweho kugira ngo ahuze umwarimu n’intego z’igihugu zo kugira uburezi bujyanye n’igihe, bunoze kandi burambye. Iyi nyandiko…

Read More

Umunsi w’umwarimu ugiye kuba: amafaranga akoreshwa ava he? Kubera iki hari abarimu batanga amafaranga yo gutegura uyu munsi?

Uyu mwaka, Umunsi w’Umwarimu uzizihizwa ku itariki ya 12 Ukuboza 2025 Umunsi mpuzamahanga wahariwe Umwarimu (World Teachers’ Day) wizihizwa buri mwaka tariki ya 5 Ukwakira, ni umunsi ufite agaciro gakomeye mu burezi ndetse n’iterambere rusange ry’igihugu. Ni umunsi uha icyubahiro Umwarimu, umutoza, umujyanama n’inshuti y’umwana, umuntu uharanira kubaka ejo hazaza h’igihugu abinyujije mu gutanga ubumenyi,…

Read More

Umwarimu yirukanwe ku kazi kubera amakosa, abandi barimu barikanga

  Mu rwego rwo kunoza imikorere no gukumira amakosa akunze kugaragara mu micungire y’amashuri abanza, Akarere ka Musanze kashyize hanze ibaruwa ikubiyemo icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo umwarimu wari ushinzwe uburezi mu kigo cya EP Rubona. Icyo cyemezo cyahise gitera impungenge mu bandi barimu ndetse n’abayobozi b’amashuri, kuko kigaragaza ko uburangare mu kazi bushobora gutuma umuntu…

Read More

Igikorwa cyo  Kwandika Amanota muri CAMIS 2.0 abambere Bakigeze kure

  Igikorwa cyo gufasha amashuri kwandika amanota muri sisiteme nshya ya CAMIS 2.0 kirarimbanyije hirya no hino mu turere, kikaba gikomeje gufasha abarimu, abayobozi b’amashuri ndetse n’abashinzwe ireme ry’uburezi kunoza uburyo amanota yandikwa no gutunganywa mu buryo bwihuse kandi bwizewe. Iki gikorwa cyateguwe ku bufatanye bwa NESA (National Examination and School Inspection Authority) n’inzego zitandukanye…

Read More

UMWALIMU SACCO N’ABA HR BAKOMEJE GUKORERA ABARIMU BAHUNZE COOPERATIVE UDUSHA: Bari kubimura mwibanga 

  Mu minsi ishize, hirya no hino mu Rwanda hakomeje kumvikana ijwi ry’abarimu benshi batangaza ko bakoreshwa ibintu batamenyeshejwe, cyane cyane bijyanye n’imicungire y’imishahara bahabwa ndetse n’ukuntu bishyurwa binyuze muri Umwalimu SACCO, ifatanyije  bakozi bashinzwe abakozi mu turere (Human Resources – HR) bakomeje kwishyira hamwe n’iyo cooperative mu bikorwa byo gufungurira abarimu konti batabisabye. Iki…

Read More