Hakim

M23 yatangaje imbere y’Isi yose ko Leta ya Congo ifatanyije na FDLR Bari mu mugambi wo gutegura Jenoside

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) wamaganye ibirego biherutse gutangazwa na Human Rights Watch (HRW) ndetse n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu, bivuga ko wishe abaturage b’abahutu barenga 140 mu burasirazuba bwa Congo. M23 ivuga ko ibi birego bigamije gushimangira umugambi wa Leta ya Congo n’inshuti zayo wo…

Read More

Abakina betting bagiye gukubitwa n’inkuba: Umusoro wiyongereye inshuro hafi eshatu

Impinduka mu Bucuruzi bw’Imikino y’Amahirwe mu Rwanda: Umusoro uzamuwe kuva kuri 13% ugera kuri 40% Urwego rw’ubucuruzi bushingiye ku mikino y’amahirwe mu Rwanda ruri kwitegura impinduka zikomeye mu bijyanye n’imisoro, aho guhera ku itariki ya 1 Nzeri 2025, umusoro ku musaruro w’inkingi (Gross Gaming Revenue – GGR) uzazamurwa uva kuri 13% ukagera kuri 40%. Icyarushijeho…

Read More

Abarimu Basaba Reta Guhagarika Gukoresha Imitsindire nk’Igipimo cyo Gutoranya Abanyeshuri, Bamagana Ibigo bya Private Bihitamo Abatsinda gusa

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kuzamura ireme ry’uburezi, bamwe mu barimu n’ababyeyi batangaje impungenge batewe no gukomeza kugereranya abanyeshuri hashingiwe gusa ku mitsindire yabo, cyane cyane bitewe n’uko amashuri atagira ubushobozi bungana mu kwigisha. Aba barimu bavuga ko hari ibigo bimwe bikomeje gutoranya abanyeshuri bitewe n’amanota yo hejuru batsinze, aho usanga ibigo…

Read More

Gatsata: Umugabo Ukekwaho Kurogera Umugore We Muri Kawunga Akurikiranwe nubutabera

Mu Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, haravugwa inkuru itari isanzwe y’umugabo ukekwaho kugerageza kuroga umugore we nyuma y’uko amubwiye ko atamugaburira kubera ko atajya ahaha. Uyu mugabo, twise Kazungu Jean de Dieu ku bw’umutekano we, ari mu maboko y’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, nyuma yo gushinjwa…

Read More

Minisitiri Nsengimana: Mu myaka ibiri amashuri ya Leta azarusha ayigenga, ayabiga bataha akarusha aya boarding

Uburezi ni inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu, kandi ibihugu byose byifuza kugera ku rwego rwo hejuru mu bukungu, ikoranabuhanga n’imibereho myiza y’abaturage bibinyuza mu guteza imbere ireme ry’uburezi. Mu Rwanda, iyi ntego iri mu byihutirwa, ari na yo mpamvu Minisiteri y’Uburezi ikomeje gushyira imbere gahunda zitandukanye zigamije kongerera agaciro imyigishirize no guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe….

Read More

Umuyobozi Mukuru wa REB yayoboye Inama yo Gufata Ingamba zo Kuzamura Ireme ry’Imibare na Siyansi mu Mashuri hakoreshejwe ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Uburezi rusange (REB), Bwana Nelson Mbané, yayoboye inama ya 7 yiswe Joint Coordination Committee (JCC) mu mushinga PRISM(Project to Strengthen Primary School Mathematics and Science with Use of ICT). Uyu mushinga wa PRISM watekerejwe hagamijwe guteza imbere uburezi bw’ibanze, cyane cyane mu masomo ya Siyansi…

Read More

Minisitiri Nsengimana Yibukije Abarimu Ko Hari Aho Bakwiye gukora Amasaha arenze Ay’akazi Kugira Ngo Bafashe Abanyeshuri Bakeneye Ubufasha

Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri mama urwagasabo Rwanda cyayobowe na Mutesi Scovia, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yagarutse ku buryo abarimu bagomba kugira uruhare runini mu kuzamura ireme ry’uburezi, by’umwihariko binyuze muri gahunda ya “Remedial Program” igamije gufasha abanyeshuri batagezeku rwego rushimishije mu masomo yabo ndetse anabasaba ikintu gikomeye . Minisitiri Nsengimana yasobanuye ko gahunda…

Read More

Impinduka mu Burezi: Hagiye Kwishyurwa Abalimu bakosoye exam national , Amacumbi y’Abakobwa Arongerwa, Double Shift bazikuyeho”

Mu kiganiro cyihariye cyatanzwe na Ministiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, ku rubuga rwa Mama Urwagasabo TV mu ikiganiro byayobowe n’umunyamakuru Mutesi Scovia, hagarutswe ku ngingo nyinshi zikomeje kugarukwaho n’abaturage mu bijyanye n’uburezi bw’u Rwanda. Minisiteri y’Uburezi yasobanuye byinshi ku mikorere n’imishinga mishya, harimo uburyo bwo kwishyura abalimu bakosoye ibizamini bya Leta, impamvu abakobwa bahabwa imyanya…

Read More

Amashuri yo mu Rwanda yiteguye ku kigero cya 94.7% gushyira mu bikorwa sisitemu nshya y’amasomo Azatangira kwigishwa bwa mbere mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye

Ku itariki ya 8 Nzeri 2025, ubwo amashuri yisumbuye mu Rwanda azongera gufungura imiryango, hazatangira gushyirwa mu bikorwa sisitemu nshya y’amasomo ku rwego rwa Advanced Level (A’Level). Iyi sisitemu nshya yashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi, igamije kunoza ireme ry’uburezi no kurushaho guhuza amasomo n’isoko ry’umurimo riri gutera imbere…

Read More

70% by’Abarangije Amashuri ya TVET Babona Akazi mu Gihe Kitarenze Amezi Atandatu

Mu gihe isi ikomeje kwihuta mu iterambere rishingiye ku bumenyi ngiro, uburezi bwa TVET (Technical and Vocational Education and Training) bukomeje kwigaragaza nk’inzira ifatika yo gufasha urubyiruko kwihangira imirimo ndetse no kubona akazi mu buryo bwihuse. Mu Rwanda, imibare itangwa n’inzego zishinzwe uburezi igaragaza ko abarenga 70% by’abarangije amasomo ya TVET babona akazi mu gihe…

Read More