NESA YiteguYE Gutangaza Amanota y’Abarangije S6 Mbere y’Itangira ry’Umwaka w’Amashuri Kugira Abasibira nabakomeze kaminuza Badacikanwa
Mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi no kugabanya icyuho hagati yo kurangiza amashuri yisumbuye no gutangira muri kaminuza, Ministeri y’Uburezi mu Rwanda yatangaje ko amanota y’abarangije icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level/S6) mu mwaka w’amashuri wa 2024–2025, azatangazwa mbere y’uko uKu kwezi kwa Kanama Kurangira. Ni ubwa mbere ibi bibaye mu mateka y’igihugu, kuko mu…
