Hakim

NESA YiteguYE Gutangaza Amanota y’Abarangije S6 Mbere y’Itangira ry’Umwaka w’Amashuri Kugira Abasibira nabakomeze kaminuza Badacikanwa

Mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi no kugabanya icyuho hagati yo kurangiza amashuri yisumbuye no gutangira muri kaminuza, Ministeri y’Uburezi mu Rwanda yatangaje ko amanota y’abarangije icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level/S6) mu mwaka w’amashuri wa 2024–2025, azatangazwa mbere y’uko uKu kwezi kwa Kanama Kurangira. Ni ubwa mbere ibi bibaye mu mateka y’igihugu, kuko mu…

Read More

Mu Bizamini bya Leta 2024/2025: Amashuri Yigenga Yanikiriye Ayareta n’Ayafashwa na Leta

Ku wa kabiri, tariki ya 19 Kanama 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Isuzuma ry’Imyigishirize (NESA) cyatangaje amanota y’ibizamini bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Ibyo bisubizo byagaragaje ko amashuri yigenga akomeje kuza imbere mu gutsindisha abanyeshuri n’abanyempano ku rwego rw’igihugu, bigaragaza uburyo ireme ry’uburezi rigenda rizamuka mu Rwanda. Mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza…

Read More

Minisitiri Nsengimana Joseph yagaragaje ingamba nshya zo kongerera abanyeshuri ubumenyi mu mibare n’andi masomo ya siyansi aho abatsinze imibare ari 27/%

Mu gihe imibare ikomeje kuba kimwe mu masomo akigora abanyeshuri mu Rwanda, Minisitiri w’Uburezi, Bwana Nsengimana Joseph, yatangaje ko hashyizweho ingamba zihamye zo kuzamura urwego rw’imitsindire yaryo, ndetse n’andi masomo ya siyansi. Ibi yabitangaje ku wa 19 Kanama 2025, ubwo hatangazwaga amanota y’abarangije amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Ku banyeshuri barenga ibihumbi 200 bakoze…

Read More

Ese Bigenze Bite Iyo Umwe mu Bashakanye Abyaye Hanze y’Urugo? Itegeko Rivuga Iki ku Burenganzira bw’Umwana?

Mu buzima busanzwe bw’imiryango, si kenshi abantu batekereza ku ngaruka zishobora guterwa n’imyitwarire y’abashakanye, cyane cyane iyo umwe abyaye umwana hanze y’urugo rwemewe n’amategeko. Iyi nkuru turayisesengura dukoresheje urugero rw’inkuru y’umugabo twise Joseph (izina ryahinduwe ku mpamvu z’umutekano) usanzwe ari umukozi wa Leta, washakanye n’umugore witwa Linda Flower, bakaba barabyaranye abana batanu mu buryo bwemewe…

Read More

Dore uko uturere twakurikiranye mu manota y’ ibizamini bya Leta 2024/2025 (S3)

Ibizamini bya Leta by’umwaka wa 2024/2025 ku banyeshuri barangije icyiciro rusange (S3) byasize bigaragaje uko uturere twose tugize igihugu twitwaye mu gutsindisha abanyeshuri. Uko byagaragajwe mu manota yashyizwe ahagaragara na Rwanda Education Board (REB), uturere twagiye dutandukanye cyane mu manota, aho hari uturere twazamutse hejuru cyane, n’utundi twasigaye inyuma. Uko ibintu byifashe muri rusange, byagaragaye…

Read More

Abarenga 75% mu Mashuri Abanza na 64% mu Cyiciro Rusange batsinze Ibizamini bya Leta bya 2024–2025

Minisiteri y’Uburezi iyobowe na Minisitiri Joseph Nsengimana ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Igenzura ry’Amashuri (NESA), batangaje ku mugaragaro ibyavuye mu bizamini bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Ku rwego rw’Ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE), abanyeshuri 75.64% batsinze, mu gihe ku rwego rw’ibizamini bisoza icyiciro rusange (O-Level), abatsinze ari 64% . Uyu mwaka ni bwo bwa…

Read More

Abakobwa Bahize Abahungu mu Bizamini: Intsinzi Yabo Yaciye Agahigo ku Rwego Rw’Igihugu

Abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, 15.695 bahawe imyanya mu mashuri yisumbuye biga babamo (Boarding Schools), mu gihe abarenga ibihumbi 150 bashyizwe mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye biga bataha. Abahize abandi mu cyiciro rusange cy’amashyuri yisumbuye harimo Izere Hennock Tresor wagize 98,67% wigaga kuri E.S Kanombe yo mu Karere ka Kicukiro, Uwumuremyi Albert…

Read More

BK Foundation na iDebate Rwanda Bahembye Abanyeshuri Batsinze mu rushanwa rya “Money Makeover Challenge

Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Gicurasi 2025, BK Foundation ifatanyije na iDebate Rwanda bateguye igikorwa cyo guhemba abanyeshuri bagaragaje udushya mu by’ubukungu mu gusoza kunshuro ya Gatatu y’amarushanwa ya Money Makeover Challenge. Iri rushanwa rifite intego yo guteza imbere ubumenyi bw’imari mu rubyiruko, ribaha amahirwe yo kwiga, gutekereza no gutegura ibisubizo bifatika ku bibazo…

Read More

YouTube Igiye Gutangira Gukoresha Ubwenge Bukorano ( Ai ) mu Kumenya Imyaka y’Abayikoresha, Hagamijwe Kurinda Abana kureba  video zitabakwiriye

Mu isi y’iki gihe ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga, sosiyete nyinshi zikomeye zishaka uburyo bwo kurinda urubyiruko ingaruka mbi zituruka ku gukoresha imbuga nkoranyambaga zigashiraho uburyo bwo kuzikoresha  neza. YouTube, urubuga rw’amashusho rukunzwe cyane ku isi, rwatangaje ko rugiye gushyira mu bikorwa uburyo bushya bwo kumenya imyaka y’abakoresha hakoreshejwe ubwenge bukorano (Artificial Intelligence – AI), mu…

Read More

Impamvu Umuhuro Wagombaga Guhuza H.E Paul  Kagame Na   Flex Tshisekedi Wateguwe Na Donald Trump Utagezweho

Mukwezi kwashize  Donald Trump yemeye  kuba umuhuza mpuzamahanga ukomeye, ashyiraho uburyo bushya bwo gushakira amahoro isi mu buhuza ibiganiro bya dipolomasi n’impamvu z’ubukungu. Muri iyo gahunda, kimwe mu byari byitezwe cyane ni inama yari guhuza Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, i Washington muri Leta…

Read More