Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC-SADC ku kibazo cya DR Congo
Ku wa Gatatu, tariki ya 13 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu n’abayobozi mu muryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ibihugu by’Afurika y’Amajyepfo (SADC) ku kibazo gikomeje gutuma habaho umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Inama yabaye mu buryo bwa kure (virtual), kandi…
