Hakim

Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC-SADC ku kibazo cya DR Congo

Ku wa Gatatu, tariki ya 13 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu n’abayobozi mu muryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ibihugu by’Afurika y’Amajyepfo (SADC) ku kibazo gikomeje gutuma habaho umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Inama yabaye mu buryo bwa kure (virtual), kandi…

Read More

Abaturage Batangiye Gusuzumisha Amakuru yabo kugira ngo Bahabwe Indangamuntu Nshya z’Ikoranabuhanga zizajya Zitangwa kuva Umuntu Akivuka

Mu rwego rwo gukomeza guhanga udushya no gutanga serivisi zihuta kandi zizewe, Leta y’u Rwanda yatangije indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga, izajya ihabwa buri Munyarwanda kuva akivuka. Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Irangamimerere (NIDA) cyatangije kumugaragaro iyi gahunda y’indangamuntu y’ikoranabuhanga mu imurikagurisha ribera i Gikondo (Expo Ground). Biteganyijwe ko iyi ndangamuntu izatangira gukoreshwa ku mugaragaro muri Kamena 2026. Nyuma…

Read More

Umugabo Ukekwaho Gufata Ku Ngufu Umwana We Bakabyarana Abana 4 no Gutwara Abagore b’Abandi i bugande Inkuru ye yateje invururu mu Karere ka Gatsibo

Mu Karere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, haravugwa inkuru iteye agahinda y’umugabo witwa Mugabugurake Donath, ukekwaho ibikorwa by’ubugome birimo gufata ku ngufu umwana we w’umukobwa, kumubyara abana bane, no gutwara abagore b’abandi baturage abajyana mu gihugu cya Uganda. Ibyaha Bikomeye Bikekwa kuri Mugabugurake Donath Amakuru aturuka mu Murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo, avuga ko Mugabugurake…

Read More

Tariki ya 18 zukwa 8 2025 nibwo intambara hagati Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hamwe n’umutwe wa M23 izahagarara hagendewe kumasezerano  yasinyiwe I Doha

Ku itariki ya 1 Kanama 2025, Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hamwe n’umutwe wa M23 basinyiye i Doha mu gihugu cya Qatar “Amasezerano y’amahoro “), arimo ingingo zireba uburyo bwo kugarura ’amahoro arambye mu burasirazuba bwa Congo. Iyi nyandiko yagaragazaga ko hari  gahunda ngenderwaho yuko  ibiganiro by’amahoro zizarangira  bitarenze itariki ya 18…

Read More

kayonza : Itorero “Abadakata Hasi” Ribuza Abayoboke Baryo Kwima Ibintu Abo Bashakanye Ndetse No Kutarya Ibiryo Bigeretse Kuko Ngo Nabyo Biba Byasambanye rikomeje kuvugisha benshi

Mu Karere ka Kayonza, by’umwihariko mu Mirenge ya Kabare na Rwinkwavu, haravugwa itorero ryitwa “Abadakata Hasi” ryadutse mu bihe bya COVID-19. Iri torero ryateje impaka n’ikibazo gikomeye mu buyobozi n’abaturage kubera imyemerere n’imyitwarire y’abaryitabira, itandukanye cyane n’iy’andi madini asanzwe. Abayoboke b’iri torero bagaragaza imyemerere idasanzwe, harimo: – Kutemera gahunda za Leta: Banga kwitabira gahunda za…

Read More

Karere ka Muhanga Hafashwe Abakekwaho Ubugizi bwa Nabi: Abagabo 13 n’Abagore 2 Barafunzwe

Tariki ya 3 Kanama 2025, mu midugudu ya Rugarama na Gifumba, Akagari ka Gifumba, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, Polisi ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage, yafashe abantu 15 bakekwaho ibikorwa bihungabanya umutekano. Muri aba bantu bafashwe harimo abagabo 13 n’abagore 2, bakekwaho ubujura bukorwa nijoro, aho bategera abaturage bakabambura, gutobora amazu bakiba,…

Read More

Mukanemeye Umufana Ukomeye Wa Mukura Yitabye Imana Kumyaka 103 Azize Uruphu Rutunguranye

Mu itangazo ryashyizwe hanze na Mukura VS, yavuze uyu mukecuru witabye Imana afite imyaka 103 y’amavuko yazize urupfu rutunguranye.Yagize iti” Inkuru ibabaje.Ubuyobozi bwa Mukura Victory Sport bubabajwe no kumenyesha abakunzi b’umupira w’amaguru ko Mukanemeye Madeleine uzwi nka Maman Mukura yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.Gahunda zo kumuherekeza turaza kuzibamenyesha,Imana imwakire mu bayo.”Muri Werurwe, 2025 Mukanemeye Madeleine…

Read More

Umugabo Wumukire Warumaze Igihe Ashaka Umu Mama Wamureze Arimuto Yamubonye   Amuha Impano Ya 16000 $ Amwemerera Na 300$ Yaburikwezi

Mu buzima bwa muntu, hari abantu bahura na we ku buryo butunguranye ariko bagasigira ubuzima bwawe urwibutso rwiza Iyi ni inkuru irababaje  ariko  ninziza ivuga kumugabo w’umutima  wamenye gushimira no guha agaciro uwamubereye inkingi mu buzima bwe kuva akiri uruhinja. Si inkuru y’igitangaza cy’amafaranga, ahubwo ni inkuru y’igitangaza cy’urukundo n’umutima utibagirwa. Hashize imyaka myinshi, umwana…

Read More

REB YASOBANUYE NEZA UKO SISTEMU YO GUSIMBURANYA ABARIMU IKORA

Mu rwego rwo gukemura impungenge z’abarimu ku bijyanye n’imitangire y’akazi n’imyimukire, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyatangaje ibisobanuro birambuye kuri gahunda yifashisha ikoranabuhanga mu kwimura no gushyira abarimu mu myanya binyuze muri Teachers Management Information System (TMIS). Ibi byabereye mu biganiro byabaye ku wa 31 Nyakanga i Kigali, byitabiriwe n’abarimu n’abayobozi mu nzego z’uburezi…

Read More

imodoka ifite Ibiro bigendanwa yakozwe 2025 :Yitwa  Lexani Extended Cadillac Escalade Viceroy Edition imodoka yabayobozi nabaherwe

Mu isi ya none aho igihe kibaye ifaranga rishya rihambaye kurusha andi yose, aho udashobora kwiyicaza ngo utegereze igihe cyangwa amahirwe, hari abakomeje guhindura imyumvire ku buryo ubucuruzi bukorwa. Abayobozi b’ibigo bikomeye, ba Perezida b’ibihugu n’abafite indoto zikomeye barimo gushyira imbere uburyo bushya bwo guhanga, kuyobora no kugera ku ntsinzi – ubwo ni uburyo bwo…

Read More