Hakim

Umwalimu SACCO yasuhije abarimu bimwe mu bibazo bayigaragarije, inatangaza ko ishobora kuguza umunyamuryango kugeza kuri Miliyoni 100 z’amafaranga y’u Rwanda

  Umwalimu SACCO ikomeje kugaragaza ubushake bwisumbuye mu gukemura ibibazo n’amakenga by’abarimu, binyuze mu gusubiza neza no mu mucyo ubutumwa n’inyandiko bibayigezaho. Mu gihe hirya no hino abarimu bakomeje kugaragaza ibitekerezo n’ibibazo bijyanye na serivisi, Umwalimu SACCO yagaragaje ko yiteguye kubaba hafi no gukora amavugurura akenewe kugira ngo serivisi zirusheho kuba nziza, zinoze kandi zigezweho….

Read More

Abarimu Bakomeje Kwandikira Umwalimu Sacco Mugahinda Kenshi Bifuza Ko Ubwizigame Bwa 5% Bwavaho Kandi Sacco Ishaka Kubugira 8%

  Mu minsi ishize, abarimu batandukanye bakomeje kwandika ibaruwa zo kugeza ku buyobozi bukuru bwa Umwalimu SACCO ibibazo n’ibyifuzo byabo bishingiye ku mikorere n’imiyoborere y’iri koranabuhanga ribunganira mu bikorwa by’imari. Ibaruwa nshya yanditswe ku itariki ya 27/11/2025 yongeye kugaragaza agahinda, ikibazo cy’ubuzima, n’akarengane abarimu bavuga ko bakomeje guhura nako, cyane cyane ku bijyanye no kongera…

Read More

CAMIS 2.0: Ejo iratangira Gukoreshwa ku Mugaragaro – Abarimu, DOS naba Head Teachers Basabwa Gukurikiza Ibi

Kuva ejo tariki ya 01/12/2025, Minisiteri y’Uburezi binyuze muri NESA yatangaje ko uburyo bushya bwa CAMIS 2.0 (Competency Assessment Management Information System) bugiye gutangira gukoreshwa ku mugaragaro mu mashuri yose mu gihugu. Ni intambwe ikomeye mu gutuma imicungire y’amanota, uburyo bwo gukurikirana imitsindire y’abanyeshuri n’imikorere y’abarimu biba ibinyamwuga kandi bigezweho kurusha mbere. Iri koranabuhanga rishya…

Read More

igihe cy’ibizamini by’igihembwe cya mbere 2025-2026 kiratangira mu kanya: inama z’ingenzi ku barimu, abanyeshuri n’ababyeyi mu gusoza

  Kuva tariki ya 01/12/2025, mu mashuri menshi yo mu Rwanda Ejo haratangira igikorwa gikomeye muri gahunda y’umwaka w’amashuri— ibizamini bisoza igihembwe cya mbere. Igihembwe cyatangiye ku wa 08/09/2025, , ariko ntago cyabaye kirekire cyane bitewe n’akazi kenshi kari mu mwaka wose wo kwiga. Iyo uganiriye n’abanyeshuri batandukanye, benshi bakubwira ko iki gihembwe cyihuse ndetse…

Read More

Ntuzongera Gutinda Kujya ku Kazi cyangwa Gutaha – Kigali Yatangije Gahunda Nshya yo Gutwara Abagenzi: Bisi Zihuta, Zigendera ku Gihe, zifite Imihanda n’Ibyapa Byabyo Byihariye

Guhera tariki ya 02 Ukuboza 2025, mu Mujyi wa Kigali haratangizwa guhunda nshya yo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, gahunda igamije guhindura burundu uburyo abantu bagenda mu mujyi, ikarushaho gutanga serivisi zizewe, zihuse kandi zirengera ibidukikije. Ni gahunda ifatwa nk’ihuzabikorwa rishya rishyira imbere ikoranabuhanga, umutekano mu muhanda no kugabanya ubwinshi bw’imodoka ku mihanda ya…

Read More

E.S St François Shangi: Ishuri Rihereye mu Cyaro Ry’Intangarugero mu Mitsindire n’Imyitwarire – Ndetse Abarigize Bakavuga Icyongereza Amasaha 24

  Mu gice cyi cyaro muri  Nyamasheke, ahantu hakunze kumurikirwa n’izuba ry’i Burengerazuba risera ku mazi y’ikiyaga cya Kivu, hari ishuri rimaze imyaka myinshi rihindura ubuzima bw’abakobwa, rikabaremamo icyizere cyo gutsinda no kubaka ejo hazaza heza. Iryo ni E.S. St François Shangi, ishuri ryavutse mu 1982 ku gitekerezo cy’ababikira b’abapentante ba Mutagatifu Fransisko, bafite umuhamagaro…

Read More

Minisitiri Dr. Joseph Nsengimana Atumiye Abanyarwanda Kwiyandikisha no Kwitabira Huye Half Marathon ku Buntu

Huye Half Marathon ku nshuro ya gatatu irongera Iragaruka, yongera kuzana umwuka w’ibyishimo, ubumwe n’umurava mu gihugu hose. Ni irushanwa rimaze kumenyekana nk’umunsi wihariye uhuza abantu b’ingeri zitandukanye mu bikorwa bya siporo bigamije guteza imbere ubuzima bwiza no kumenyekanisha Umujyi wa Huye ku rwego mpuzamahanga. Iri siganwa ritegurwa buri mwaka na Cercle Sportif de Butare…

Read More

Muganga SACCO nayo ikomeje kwishimirwa n’abakora mu buganga nk’uko Umwalimu SACCO yabigenje mu barimu

    Mu myaka yashize, guteza imbere imibereho y’abagizwe n’inkingi z’iterambere ry’igihugu—abarimu n’abakora mu rwego rw’ubuzima byashyizwe ku isonga mu nzego zinyuranye za Leta. Ni muri urwo rwego hashyizweho za SACCO zifasha aba bakozi kubona serivisi z’imari zihuse, zizewe kandi zibafasha gutera imbere. Umwalimu SACCO imaze kuba icyitegererezo mu kuzamura imibereho y’abarimu, naho Muganga SACCO…

Read More

Urubuga rushya rwa TVET rufasha urubyiruko kubona amahirwe y’akazi no kwimenyereza imyuga ( internaship )

  Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry’ubumenyi ngiro mu Rwanda no kongerera urubyiruko amahirwe yo kubona akazi gahuriweho n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, hatangijwe ku mugaragaro urubuga rushya rwa Inserjeune Rwanda/TVET Career Portal. Ni urubuga rw’ikoranabuhanga rwakozwe n’Abanyarwanda mu bufatanye n’Istitut de la Francophonie pour l’Éducation et la Formation (IFEF), rukaba rugamije gufasha abiga…

Read More