Hakim

Inama y’Abaminisitiri Yahagaritse Inoti Zishaje  Ntiwongere Kuzemera, Ndababuriye!

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, iyobowe na Perezida Paul Kagame mu Rugwiro, yongeye kuzana impinduka zikomeye mu miterere y’imicungire y’imari n’akarere ka politiki mu Rwanda, by’umwihariko binyuze mu gukuraho burundu inoti zishaje no gushyiraho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye. Iyi myanzuro ikomeye ifite aho ihurira n’umutekano w’ifaranga ry’igihugu, imicungire…

Read More

Perezida Kagame Yemeza ko Hari Ibimenyetso Byerakana Ubufatanye bw’Abahungu ba Habyarimana na FDLR

Perezida Paul Kagame yongeye kugaruka ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, ashimangira ko hari ibimenyetso bifatika bigaragaza ko abahungu ba nyakwigendera Juvenal Habyarimana bakorana n’uyu mutwe ubarwamo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yavuze ko inzego z’u Rwanda zakurikiranye iki kibazo bihagije, zigatangira kubona ko uyu mutwe ukomeje gushyigikirwa n’abantu n’amatsinda akorera mu…

Read More

Inguzanyo ya miliyari 50 Umwalimu SACCO yahawe na BRd ikomeje gufungurira abarimu Babishaka amahirwe yo kwiyubakira amazu meza

  Koperative Umwalimu SACCO Tariki 18 Nyakanga 2025 yabonye  ubushobozi bushya bwo gufasha abarimu kwiyubakira inzu nziza, nyuma yo guhabwa indi nguzanyo ya miliyari 30 Frw na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD). Aya mafaranga yaje yiyongera kuri miliyari 20 Frw iyi koperative yari yahawe mu ntangiriro za 2023, bituma inguzanyo zose Umwalimu SACCO ifite ituruka…

Read More

Minisitiri Nsengimana yibukije ko u Rwanda rwiyemeje uburezi budaheza, ahamagarira buri wese kugira uruhare mu kurwubaka

  Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph  Nsengimana, yagarutse ku nshingano z’u Rwanda mu guteza imbere uburezi budaheza ubwo yagiraga ijambo mu Nama y’Igihugu ya Kabiri yiga ku Burezi Budaheza (Second National Dialogue on Inclusive Education), ihuza inzego zitandukanye z’uburezi, abafatanyabikorwa n’imiryango ifite abana bafite ubumuga. Uyu mubonano ugamije kurebera hamwe aho gahunda y’igihugu yuburezi bubereye buri…

Read More

U Rwanda na Qatar Mu Rugendo Rushya rwo Guteza Imbere Uburezi: Minisitiri Irere yageze i Doha mu Nama ya WISE12

  Minisitiri w’Uburezi wungirije, Claudette Irere, ari mu ruzinduko i Doha muri Qatar aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uburezi WISE12—imwe mu nama zikomeye ku isi zihuza abafata ibyemezo, inzobere n’abashakashatsi mu burezi. Ku ruhande rw’iyi nama, Minisitiri Irere yagiranye ibiganiro byihariye n’abayobozi bakomeye barimo H.E. Fahad Hamad Al-Sulaiti, Umuyobozi Mukuru w’Ikigega cya Qatar…

Read More

ABARIMU BAGABYE IGITERO KURI COOPERATIVE YABO BAKUNDA CYANE

Abarimu bakomeje kuririra mu myotsi Mu minsi ishize, abarimu mu gihugu hose kumbuga zitandukanye yari amaganya, uburakari n’amarira. Ibi byose byaturutse ku kibazo cyari cyavutse ku Umwalimu SACCO, koperative y’abarimu benshi bakunda cyane ndetse bamaze imyaka bayizirikana nk’ahantu honyine habafasha kubona serivisi z’imari zoroheje. Nyamara, uko iminsi yagendaga ishira niko umutima w’abanyamuryango wakomezaga gushenguka, nyuma…

Read More

GS Nyagatare baciye burundu abana bicumbikiraga muri ‘geto’ kubera ingeso mbi bishoragamo

Ikigo cy’amashuri abanza n’ayisumbuye cya GS Nyagatare, giherereye mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, cyabaye icyitegererezo mu guhindura imyumvire n’imikorere y’uburezi. Nyuma y’igihe kirenga imyaka icumi cyakira abanyeshuri biga bacumbitse mu mujyi wa Nyagatare, cyafashe umwanzuro ukomeye wo guca burundu gahunda ya “geto”, ari yo macumbi abanyeshuri bicumbikiragamo batari mu nshingano z’ishuri. Ubuyobozi…

Read More

Umwalimu SACCO Muri Gahunda Nshya yo Kuzamura Ubwizigame: 5% Bugiye Kugera ku 8%

  Umwalimu SACCO ikomeje gushyira imbaraga mu gukomeza gutera imbere no kwishakamo ibisubizo birambye, binyuze muri gahunda nshya yo kongera ubwizigame bw’abanyamuryango bayo buva kuri 5% bukagera kuri 8%. Iyi gahunda iri gukorerwa ubukangurambaga mu gihugu hose, ariko by’umwihariko mu Karere ka Burera, aho abahagarariye abarimu mu mirenge batangiye gusura ibigo by’amashuri kugira ngo basobanurire…

Read More

Huye: Urukiko Rwisumbuye Rwahamije Umwarimu Thomas NTIVUGURUZWA Icyaha Cyo Gusambanya Abana Babiri

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwemeje ko umwarimu Thomas NTIVUGURUZWA, w’imyaka 50 y’amavuko, yakoze icyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa, rumukatiye igifungo cy’imyaka 10 mu igororero. Uyu mwarimu wigishaga ku ishuri rya Nyanza TSS (ryahoze ryitwa ETO Gitarama), riherereye mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, yarezwe ko yabanje kugura amasambusa (ibiraha) abana barimo gucuruza,…

Read More

Hasigaye iminsi ibiri ngo Inama ya Kabiri ku Burezi Bwuzuzanya 2025 itangire i Kigali Dore ibyo ugomba kumenya

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri gusa ngo Inama ya Kabiri y’Igihugu ku Banyeshuri bafite Ubumuga n’Uburezi Burimo Ubumwe 2025 itangire, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB) kiratangaza ko iyi nama izaba kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu kwiyubakira sosiyete irangwa n’ubumwe, ihangana n’ivangura iryo ari ryo ryose, kandi iboneye buri…

Read More