Amadayimoni Ari Kwataka Abana b’Abakobwa mu Rwunge Rw’Amashuri Rwa Juru ,Ababyeyi n’Abaturage Bahangayikishijwe niki kigo
Mu Murenge wa Gahini, Akarere ka Kayonza, haravugwa inkuru zidasanzwe ziremereye imitima y’ababyeyi n’abarezi, zirebana n’abana b’abakobwa bafatwa n’ibisa n’ibitero by’amadayimoni ku ishuri rya Groupe Scolaire Juru. Abaturage n’ababyeyi baharerera bakomeje kugaragaza impungenge zikomeye, bavuga ko ibi bibazo byatangiye gufata intera ikabije ndetse bikanagira ingaruka ku myigire y’abana. Abaturage bavuga ko ibibafata bitangira abana…
