MINEDUC YEMEZA KO UBUCUCIKE MU MASHURI BUHANGAYISHIJE IVUGAKO HAKENEWE IBYUMBA BY’AMASHURI BYIKUBYE GATATU IBIHARI MU GIHUGU HOSE
Ikibazo cy’ubucucike mu mashuri y’u Rwanda gikomeje gufata intera ikomeye, by’umwihariko mu karere ka Rusizi aho imibare y’abana biga mu cyumba kimwe ikomeje kuba hejuru cyane ugereranyije n’ubushobozi bw’amashuri n’abarimu bahari. Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yemeje ko iki kibazo gikomeye kandi gikeneye igisubizo gifatika mu gihe cya vuba, kuko gifite ingaruka ku ireme ry’uburezi n’imitsindire y’abanyeshuri….
