Hakim

Uko Miliyoni Zirenga Zisaba Akazi, Abinjira mu Myanya Bakaba Ibihumbi Bitatu Gusa

Isesengura rishya rya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (PSC) ry’umwaka wa 2024/2025 ryagaragaje ishusho ikomeye y’uruhurirane rw’abashaka akazi mu Rwanda n’umubare muto cyane w’abakirirwa mu nzego za Leta. Mu mibare yashyizwe ahagaragara, abantu 1,111040 nibo basabye akazi mu nzego zitandukanye za Leta, ariko abemerewe gushyirwa mu myanya baba 3134 gusa. Ni ukuvuga ko buri…

Read More

Minisiteri y’Uburezi Yemeje Ivugururwa ry’Integanyanyigisho za TTC

Mu gihe Isi iharanira ko buri mwana, yaba ufite ubumuga cyangwa udafite, abona uburezi bufite ireme kandi bumwuzuza, Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko igiye kuvugurura integanyanyigisho z’amashuri nderabarezi (TTC) hagamijwe kongerera ingufu amasomo ajyanye n’ururimi rw’amarenga n’inyandiko ya Braille. Ni icyemezo cyashimwe cyane n’abanyeshuri n’abarimu bigisha muri aya mashuri, cyane ko ari bo ba mbere bahura…

Read More

Nyamasheke : umugabo Akurikiranyweho kuroha umusore mu Kivu Agapha

Twagirayezu Athanase w’imyaka 32, usanzwe ukorera akazi ko gupakira umucanga mu byombo ku Mugonero mu Murenge wa Mahembe, Akarere ka Nyamasheke, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri sitasiyo ya Gihombo, akekwaho icyaha cyo kwica mugenzi we amuroshe mu Kiyaga cya Kivu, bikavugwa ko byaturutse ku makimbirane yaturutse ku gikapu cyarimo imyambaro n’inkweto. Uyu…

Read More

Inzozi zo Kuba Umudepite Yaragezeho Zahindutse Igifungo: Musonera Yahamijwe Ibyaha bya Jenoside Yakorewe Abatutsi

Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba ruherereye mu Karere ka Muhanga rwakatiye Germain Musonera igifungo cy’imyaka 20, rumutegeka no kwishyura indishyi z’akababaro zingana na miliyoni 50 Frw ku muryango IBUKA, umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 13 Ugushyingo 2025, kije gisozwa urugendo rurerure rw’uru rubanza rwatangiye nyuma y’amatora y’Abadepite…

Read More

NESA Yatangije CAMIS 2.0 yaje ivuguruye iri gukora nta nkomyi hanateguwe amahugurwa yo kuyihugurirwa

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Igenzura ry’Amashuri, NESA, cyatangaje ku mugaragaro ko kimwe mu bikoresho bikomeye byifashishwa mu gutegura, gucunga no gutunganya raporo z’ibizamini Comprehensive Assessment Management Information System (CAMIS)  kimaze kuvugururwa kikaba cyageze ku rwego rushya rwa CAMIS Version 2.0. Iyi sisitemu nshya iteganyijwe Yatangiye ejo ku wa 13 Ugushyingo 2025, ikaba izifashishwa…

Read More

Abana bo mu Igororero rya Nyagatare Aho igihano cyabahindukiye amahirwe yo kwiga, kwiyubaka no gukunda Igihugu

  Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Nyagatare, hari igororero ryihariye rizwi ku izina ry’Igororero ry’Abana rya Nyagatare. Ni ahantu abana bajyanywe bagororwa, ariko ubu ryabahinduriye ubuzima bwabo , aho abari barazimiye mu mico mibi n’imyitwarire idahwitse, none bari kwiyubaka binyuze mu burezi, imyuga n’indangagaciro z’ubunyarwanda. Abo bana bavuga ko ubuzima bakekaga ko buzababera…

Read More

Umugabo yafatiwe mu nzu y’undi ushinjwa kumusambanyiriza umugore, anasangwamo n’imiti y’amayobera

Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, hafungiye umugabo witwa Ndayisabye Ernest, w’imyaka 46, nyuma yo gufatirwa mu nzu y’umuturanyi we Sinayobye Théophile, amukekaho kumusambanyiriza umugore witwa Mukahigiro Immaculée, w’imyaka 47. Uyu Ndayisabye kandi yasanganywe imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bitera abaturage n’ubuyobozi gukeka ko ashobora kuba ari mu bikorwa byo…

Read More

Mutesi Scovia yashize umuco ku kibazo cy’amafaranga adasobanutse muri Umwalimu SACCO

imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter (X) zariweho  amagambo n’isesengura, nyuma y’uko umunyamakuru Mutesi Scovia atangije ikiganiro kivuga ku mafaranga yakuwe kuri konti z’abarimu bakoresha Umwalimu SACCO mu buryo bwagaragaye nk’udasobanutse neza. Mutesi Scovia, usanzwe azwiho gutanga amakuru ajyanye n’uburezi n’imibereho y’abarimu, yanditse ubutumwa kuri Twitter abaza impamvu hari amafaranga yakuwe kuri konti z’abarimu kandi ayo mafaranga…

Read More

Umwarimu wa Kaminuza Dr. Théophile Mugirwa ukurikiranyweho indonke n’ubucukuzi butemewe yategetswe gufungwa iminsi 30 by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana, ruherereye mu karere ka Nyanza, rwasomye umwanzuro waryo ku rubanza rwa Dr. Théophile Mugirwa, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, uregwa ibyaha birimo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse no kwakira indonke. Urukiko rwasanze hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibi byaha, bityo rutegeka ko afungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30,…

Read More

Nyamasheke: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi irashya yose, abaturage bishyira hamwe ngo bamufashe kongera kubaho

Mu gitondo cy’uyu wa kabiri, abaturage bo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Gasheke, Umurenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bakiri mu gihirahiro n’agahinda kenshi nyuma y’aho inzu y’umuturage wabo, Kabagwira Sélaphine, yafashwe n’inkongi y’umuriro ikayirimbura yose, hamwe n’ibintu byose byari biyirimo, bifite agaciro ka miliyoni 3,2 Frw. Iyi mpanuka yabaye ku wa mbere…

Read More