Hakim

Umugabo Utaramenyekana Yasanzwe Amanitse muri Lodge i Rubavu: Inzego z’Umutekano Zatangiye Iperereza mu Gihe Impfu Zidasobanutse Zikomeje Kwiyongera mu Ma-Lodge

  mu karere ka Rubavu habaye inkuru yababaje abaturage n’inzego z’umutekano, ubwo habonekaga umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 27 amanitse mu mugozi muri Lodge yitwa Iwacu SunSet Land, iherereye mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Bugoyi, Umudugudu wa Nyakabungo. Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe ahagana saa 10h20 z’amanywa byabaye Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu…

Read More

Abarimu Bagize Ubwoba ko Babura Akazi Nyuma yo Kumenya ko Umwarimu Umwe Yakwigisha Abanyeshuri 1000 Barenga ku Ikoranabuhanga

Mu gihe u Rwanda rukomeje kwimakaza ikoranabuhanga mu rwego rw’uburezi, by’umwihariko binyuze mu mishinga migari nka Smart Education Phase II n’iyindi y’ibigo nka Huawei na MTN ifasha mu gushyiraho smart classrooms, hari bamwe mu barimu batangiye kugaragaza impungenge z’uko iri koranabuhanga rishobora kuzaba intandaro yo gutakaza akazi. Abo barimu bavuga ko amasomo atangirwa kuri murandasi…

Read More

Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Huawei batangije gahunda yo kugeza ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri 2,500 no kubaka Smart Classrooms

u Rwanda rukomeje kwinjiza ikoranabuhanga mu burezi binyuze mu mushinga mushya witwa “Smart Education Phase II”, uzahuza amashuri arenga 2,500 n’itumanaho rya murandasi yihuta kandi uganishe igihugu mu cyerekezo cy’uburezi gishingiye ku bumenyi n’ikoranabuhanga. Ibi bikorwa bishya byatangijwe n’intego yo gutuma nta mwana n’umwe usigara inyuma mu gukoresha ikoranabuhanga, yaba atuye mu mujyi cyangwa mu…

Read More

Abayobozi b’ibigo bya TVET Bahuguriwe Kwigisha Ubumenyi ku Buzima bw’Imyororokere mu rwego rwo Kurinda no Gutoza Urubyiruko Imyitwarire Iboneye

  Abayobozi b’ibigo by’amashuri y’imyuga, tekinike n’ubumenyingiro (TVET) mu Rwanda barimo guhugurwa ku buryo bushya bwo kwigisha abanyeshuri amasomo yerekeye ubumenyi ku buzima bw’imyororokere, hagamijwe gufasha urubyiruko kumenya neza imibiri yabo, imyitwarire iboneye, no gufata ibyemezo bifite ishingiro ku buzima bwabo bw’ejo hazaza. Aya mahugurwa yaberaga mu ntara zose z’igihugu, akazasorezwa mu Mujyi wa Kigali…

Read More

U Rwanda Rwiteguye Kongera Umusaruro w’Ubuhinzi ku Kigero cya 50% mu Myaka Itanu Iri Imbere, Nk’uko Byatangajwe na Minisitiri w’Intebe

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko bitarenze mu 2029 umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi uzongerwa ku kigero cya 50% mu rwego rwo gukomeza kwihaza mu biribwa n’iterambere ry’ubukungu bw’igihugu, inagaragaza ibizarufasha. Ubwo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragazaga ibigomba gushyirwamo imbaraga ngo u Rwanda rugere kuri iyo ntego, yavuze ko hazashyirwa imbaraga muri gahunda zigamije kongera umusaruro ndetse…

Read More

Uko Laptops Zifasha Abarimu ba TVET mu Rwanda Kugabanya Icyuho cy’Ikoranabuhanga

Uko Laptops Zifasha Abarimu ba TVET mu Rwanda Kugabanya Icyuho cy’Ikoranabuhanga     Mu myaka mike ishize, u Rwanda rwashyize imbere gahunda yo guteza imbere uburezi bushingiye ku bumenyi ngiro n’ikoranabuhanga. Uyu murongo w’igihugu ushingiye ku cyerekezo cy’uko iterambere ridashobora kugerwaho hatari ubushobozi bwo guhanga udushya no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho. Ni muri urwo rwego, guha…

Read More

Umuryango wa Perezida w’u Rwanda wifatanyije n’Abanyarwanda mu gusoza Irushanwa rya UCI World Championships

  Umuryango wa Perezida w’u Rwanda wifatanyije n’Abanyarwanda mu gusoza Irushanwa rya UCI World Championships   Ni umunsi uzahora mu mateka y’u Rwanda, Afurika ndetse n’isi yose y’umukino w’amagare. Imihanda ya Kigali yuzuye ibyishimo, urusaku rw’abafana, indirimbo, impundu n’umutuzo w’umutima wuzuye ishema ry’igihugu. U Rwanda rwakiriye umukino wa nyuma w’irushanwa rikomeye ku isi ry’amagare, 2025…

Read More

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagabo

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagab     Tadej Pogačar ukomoka muri Slovenia, yegukanye intsinzi ikomeye mu irushanwa ry’Isi ry’Amagare, mu cyiciro cy’abagabo b’icyiciro cy’icyubahiro (Elite Men Road Race), nyuma yo gukoresha amasaha atandatu, iminota 21 n’amasegonda 20 ku ntera y’ibilometero 267.5. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yatsinze arushije Umubiligi Remco Evenepoel…

Read More

Impanuka Ikomeye i Karongi: Umuntu Yapfuye, Ihene 30 Zihasiga Ubuzima mu Modoka Yari Igiye ku Isoko

Ku wa kane  tariki ya 11 Nzeri 2025, mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi, ahazwi nko kuri “Dawe Uri Mu Ijuru”, habereye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye ihene. Iyi modoka, yavaga mu Karere ka Karongi yerekeza mu isoko rya Rugali mu Karere ka Nyamasheke, yageze ahantu hari ikorosi rikomeye, umushoferi ananirwa kurikata, igonga…

Read More