Hakim

Impamvu “Yellow Junction Box” Ziri Kubakwa ( gushirwa) mu Mujyi wa Kigali

Mu minsi ishize, abagenzi batemberera mu mujyi wa Kigali batangiye kubona ibimenyetso bishya M’umuhanda, aho mu masangano amwe n’amwe hashyizwe “Yellow Junction Box” cyangwa Ikirango kimeze nkigikarito cy’umuhondo k’ibisate byambukiranya mu mumuhanda . Ibi bimenyetso bishya bigamije guteza imbere imikoreshereze myiza y’umuhanda no gukumira umuvundo udasanzwe ujya uboneka mu masangano y’imihanda yinjirwamo n’imodoka nyinshi.  …

Read More

Nyuma yo kwangwa n’ibihugu by’i Burayi, Félicien Kabuga ashobora koherezwa mu Rwanda

Ku itariki ya 9 Nzeri 2025, Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru mu ishami rishinzwe gusoza imirimo y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) bandikiye urukiko ibaruwa ikomeye ivuga ku kibazo cya Félicien Kabuga, umunyemari umaze imyaka afunzwe ariko udashobora kuburana kubera uburwayi n’ubusaza.   Mu ibaruwa y’abashinjacyaha babiri bo ku rwego rwo hejuru, Rashid S. Rashid na…

Read More

Rwanda Coding Academy irimo kwakira abanyeshuri bashya, mu gihe isi yose iri kwibaza niba coding ikiri ngombwa mu gihe AI iri gukora imirimo myinshi yamasomo ahatangirwa

  Mukarere Nyabihu ,umurenge wa  Mukamira ahatuje mu Burengerazuba bw’u Rwanda, ku muhanda munini Kigali-rubavu hafi na gare ya  Mukamira hubatse ishuri ryihariye ryitwa Rwanda Coding Academy (RCA). Iri shuri ryashinzwe mu rwego rwo gufasha igihugu gushinga imizi mu ikoranabuhanga, rikazwi cyane mu gutoza abana b’Abanyarwanda n’abandi banyeshuri baturuka hirya no hino mu gukora porogaramu…

Read More

Ethiopia mu Ntambara y’Amazi: Urugomero rwa GERD rwa mbere muri Afurika rutanga umuriro mwinshi, rushobora gusiga Misiri yicwa n’inzara

Grand Ethiopian Renaissance Dam (GERD), uzwi kandi nka umushinga munini cyane wa hydroelectric muri Afurika, uherutse gutangizwa ku mugaragaro ku wa 9 Nzeri 2025. Uyu mushinga umaze imyaka irenga 14 wubakwa (watangiye mu 2011), ubu wabaye uruganda rwa mbere rukomeye muri Afurika mu bijyanye n’amashanyarazi akomoka ku mazi, rufite ubushobozi bwo kugeza ku Megawatt 5,150….

Read More

Itangazo: Amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza A’Level azasohoka ku wa 1 Nzeri 2025

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye (A’Level) y’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 azatangazwa ku wa Mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, saa cyenda z’amanywa. Abakandida, ababyeyi n’abafatanyabikorwa bose barasabwa gukurikirana iki gikorwa ku rubuga rwa YouTube rwa Minisiteri y’Uburezi: [@mineducmineduc](https://www.youtube.com/@mineducmineduc).

Read More

KARONGI : Umuyobozi w’Akarere yayoboye Inama y’Uburezi nyuma yo kuva ku mwanya ubanziriza uwanyuma ,bakisanga ku mwanya wa 21 ku rwego rw’igihugu mu mitsindire y’abanyeshuri

KARONGI : Umuyobozi w’Akarere yayoboye Inama y’Uburezi nyuma yo kuva ku mwanya ubanziriza uwanyuma ,bakisanga ku mwanya wa 21 ku rwego rw’igihugu mu mitsindire y’abanyeshuriAkarere ka Karongi kagaragaje intambwe ikomeye mu burezi, by’umwihariko mu mitsindire y’abanyeshuri mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O Level) mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024. Ibi…

Read More

ITANGAZO RY’AMAHIRWE ADASANZWE KU BANYESHURI BARANGIJE ICYICIRO RUSANGE (O-LEVEL)!

Waba urangije icyiciro rusange ukaba ufite impano mu muziki cyangwa ubugeni? Wifuza gukomeza amasomo yawe mu ishuri ryihariye ryigisha ubuhanzi n’umuziki? Ishuri RYA RWANDA SCHOOL OF CREATIVE ARTS AND MUSIC ryahoze ryitwa Nynudo Music School, rifunguye amarembo ku banyeshuri bose barangije Tronc Commun, bifitemo impano bifuza gukomereza amasomo yabo mu bijyanye na: 🎼 Muzika n’Ubugeni🎥…

Read More

Baltasar Ebang Engonga yakatiwe imyaka 8 y’igifungo nyuma ya skandale y’amashusho n’abagore b’abandi bayobozi

Baltasar Ebang Engonga, umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari (ANIF) muri Guinée Équatoriale, yakatiwe igifungo cy’imyaka umunani azira kunyereza umutungo wa Leta. Ibi byabaye nyuma y’uko ashinjwa kwiyitirira amafaranga yagombaga gukoreshwa mu ngendo z’akazi, akayakoresha mu nyungu ze bwite. Iri fungwa rije nyuma y’inkuru y’isesengura ry’imyitwarire idahwitse ya Engonga, aho hagaragaye amashusho…

Read More

Ngororero: Umuyobozi w’Akarere yatumije inama yihutirwa y’uburezi nyuma yo kuza ku mwanya wa 8 mu mitsindire ku rwego rw’igihugu

Nyuma y’uko Akarere ka Ngororero kaje ku mwanya wa 8 mu turere twitwaye neza mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange (Tronc Commun), Umuyobozi w’Akarere Nkusi Christophe yahamagaje inama y’igitaraganya yiga ku myigire n’imyigishirize. Iyi nama yabaye nyuma y’uko hatangajwe ko Ngororero yabonye amanota angana na 65.2% ari cyo kigero cy’imitsindire y’abanyeshuri, haba…

Read More

Amashuri Yatangiye : Gahunda y’Ingendo z’Abanyeshuri Bacumbikirwa Yashyizweho Umucyo

Ku wa 27 Kanama 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda yihariye y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa, bagomba gusubira ku mashuri yabo hagati ya tariki ya 5 Nzeri kugeza kuya 8 Nzeri 2025, mu gihe hatangira igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025-2026. Gahunda y’Ingendo Yatanzwe Uko : Ku wa Gatanu – 05/09/2025…

Read More