Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko niba u Rwanda rushaka kugera ku cyerekezo rwihaye cya 2050,…
Category: Education
Amahame Mashya y’Isuzuma Risoza Igihembwe cya Kabiri 2025/2026: Ishyirwa mu Bikorwa rya Bloom’s Taxonomy Yavuguruwe n’Andi Mabwiriza Mashya agenga Isuzuma
Mu rwego rwo gukomeza kunoza ireme ry’uburezi mu Rwanda no gushyira mu bikorwa integanyanyigisho ishingiye ku…
U Rwanda Rwiyemeje Kuba ku Isonga mu Bihugu Biyoboye AI: Abarimu 5,000 Bamaze Guhugurwa mu Cyiciro Cya Mbere cya “National Day of AI” ku Rwego rw’Igihugu
U Rwanda rukomeje kwiyerekana nk’igihugu gifite icyerekezo gihamye mu bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu burezi.…
Umwarimu ati: “Kuba mu Bategura Ibizamini bya Leta Bisaba Iki?” Undi ati: “Gutanga Akantu” — Nyuma y’Isesengura rya NESA ku Bizamini bya Leta bya 2024/2025, mu Myiteguro yo Gutegura Ibya 2026
Mu gihe NESA Ikomeje imyiteguro y’ibizamini bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, haragenda hagaragara ibiganiro byimbitse,…
Politiki y’Uburezi Budaheza Yatumye Abiga amashuri yisumbuye bikuba inshuro zirenga 20 mu myaka 32 ishize
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko politiki y’uburezi budaheza yashyizweho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994…
Minisitiri w’Uburezi yatangaje ko hagiye gutangira gahunda igamije gufasha abarimu bose kugera ku rwego rwa B2 mu Cyongereza, abitangariza mu nama y’Umushyikirano
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, DR Joseph Nsengimana, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho gahunda nshya igamije…
Umwarimu Yibukije Umwalimu SACCO Gukemura Ikibazo cya Sisiteme Ikunda Gupha Abarimu Bahembwe Mbere y’uko Babona Aya Noheli n’Ubunane.
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo abarimu batangire kwakira imishahara yabo, by’umwihariko mu bihe by’iminsi mikuru…
Ruhango: Animateri afunzwe akekwaho gusambanya abakobwa babiri—ibi byaha byiyongereye ku byabaye muri iki kigo mu myaka itatu ishize
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri, uzwi nka Animateur, mu Ishuri ryisumbuye…
Abarimu Barenga 120,000 Bitegura Umunsi Wabo: Ibyitezwe n’Imiterere y’Ibirori
Harabura amasaha make ngo abarimu barenga ibihumbi 120 000 bajye mu birori bidasanzwe by’Umunsi w’Umwarimu,…
DusangireLunch: Uko Kugaburira abana kw’Ishuri byahinduye Uburezi mu Rwanda
Mu myaka yashize, u Rwanda rwakomeje kongera imbaraga mu guteza imbere imibereho myiza y’abanyeshuri no…