Hamenyekanye Icyatumye Peresida Donald Trump Asaba Abaperesida ba Afurika kujya Bivuga Ese Abahanga babivuzeho iki ?

Mu kwezi kwa Nyakanga 2025, Perezida w’Amerika w’icyo gihe, Donald Trump, yakiriye abayobozi b’ibihugu bitanu byo mu Burengerazuba bwa Afurika: Liberia, Senegal, Gabon, Mauritania, na Guinea-Bissau, mu ifunguro rya saa sita ryabereye muri White House. Intego y’iyo nama yari ugushimangira ubucuruzi no guhangana n’izamuka ry’uruhare rw’u Bushinwa muri Afurika.Muri iyo nama, Trump yavuze amagambo yavugishije…

Read More

Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bakoze ibizamini bya Leta bagaragaza icyizere n’ishyaka ryo gutsinda

Kuri GS HVP Gatagara – Rwamagana, abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona barimo gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu buryo budasanzwe kandi bugaragaza intambwe yatewe mu guteza imbere uburezi budaheza mu Rwanda. Aba banyeshuri bahawe uburyo bwihariye bwo kubafasha gukora ibizamini birimo gukoresha impapuro zanditseho Braille, impapuro zifite inyuguti nini, ibikoresho byihariye byabafasha gusoma…

Read More

Umunyeshuri wo mu Karere ka Ngoma wa gonzwe  n’Imodoka arimo gukorera ibizamini  bya Leta aho arwariye Ari mu Bitaro

Adeline Niyonagize, umunyeshuri w’imyaka 20 wigaga ibijyanye n’ubukerarugendo muri GS Mutenderi, mu Karere ka Ngoma, yakoze ibizamini bya Leta atari mu ishuri nk’abandi banyeshuri, ahubwo yakoreye  ibizamini bye mu bitaro bya Kibungo Referral Hospital, aho arwariye. Ibi byabaye urugero rudasanzwe rugaragaza imbogamizi bamwe mu banyeshuri mu Rwanda bahura na zo, ariko kandi bigaragaza uburyo inzego…

Read More

INGUZANYO ZA BANKI: NI INZIRA Y’UBUKIRE CYANGWA UMUTEGO MUTINDI?

Mu myaka ya vuba, inguzanyo za banki zagize uruhare runini mu mibereho y’abantu benshi ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko. Hari ababigeraho bagakira babikesha inguzanyo ya banki, abandi bikabashora mu bukene budashira bakagurisha n’imitungo yabo. Inguzanyo ni amafaranga umuntu cyangwa isosiyete ifata ku kigo cy’imari (nka banki) agasabwa kuyishyura nyuma y’igihe runaka hiyongereyeho inyungu. Banki…

Read More

REB igiye gutangiza gahunda  ya remedial Porogaramu y’Amasomo y’Inyongera  ku Banyeshuri Barenga 300,000

Tariki ya 15 Nyakanga 2025 ni itariki izaba itazibagirana mu mateka y’uburezi bw’u Rwanda, aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) kizatangiza ku mugaragaro gahunda yihariye y’amasomo y’iyungura (Remedial Learning Program) ku banyeshuri barenga ibihumbi 300 bo mu byiciro bitandukanye by’amashuri abanza . Iyi  ninkuru dekesha ikinyamakuru thenewtimes Iyi gahunda nshya izashyirwa mu bikorwa mu gihugu…

Read More

Agahinda Gakabije Mu Baribizeye Ko Pi Coin Izabahindura Ubuzima Bakagera K’unzozi Zabo Ubu Byabay’Iciro Ry’imigani

Mu gihe ikoranabuhanga rikomeje guhindura ubuzima n’uburyo bwo gukorera n’amafaranga ku isi bwarahindutse , hari abari baragiriye icyizere gikomeye  Pi Network. Uyu mushinga wa “crypto currency” watangiye mu 2019, wari witezweho kuzana impinduka mu ishoramari n’ubukungu bw’abantu benshi, ariko ubu ibintu byarahindutse. Abari barizeye  ko Pi Coin izabinjiriza akayabo bari mu gahinda, cyane ko iyi…

Read More

Perezida Kagame yifatanyije n’Isi mu kwizihiza imyaka 15 ya Komisiyo Mpuzamahanga y’Itumanaho

muri Village Urugwiro  Ku wa 6 Nyakanga 2025 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye ibiganiro byateguwe na Komisiyo y’Umuyoboro Mugari w’Itumanaho rya Internet (Broadband Commission for Sustainable Development), mu rwego rwo kwizihiza imyaka 15 iyi komisiyo imaze ifasha Isi mu rugamba rwo kugeza internet kuri bose, hatangwa umusanzu mu iterambere rirambye. Iyi nama…

Read More

Impamvu Leta y’u Rwanda yahisemo Kuzana Abarimu benshi b’Abanyazimbabwe mu rwego rwo kuzamura Ireme ry’Uburezi

Mu rwego rwo gukomeza kuzamura ireme ry’uburezi no guteza imbere ubushobozi bw’abarimu mu Rwanda, cyane cyane mu rurimi rw’Icyongereza, Leta y’u Rwanda yahisemo kongera umubare w’abarimu bakomoka muri Zimbabwe bazanywe mu gihugu kugira ngo bafashe mu kubaka ubushobozi bw’abarimu b’Abanyarwanda. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, ku wa 19 Kamena 2025, ubwo yagezaga…

Read More

I GOMA HAGARAGAYE IMIBIRI 3 YABATURAGE BISHWE U RWAGASHINYAGURO MAZE IJUGUNYWA MU MWOBO NGO IBOREREMO

  Ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, abaturage bo mu murenge wa Himbi mu Karere ka Goma bahuye  nikibazo gikomeye ubwo bagiye kumena imyanda , bakumva ibintu bidasanzwe. Kubera impumuro idasanzwe bagiye kureba , bahasanga  imibiri itatu, yari itwikiriye  kandi ifite ibimenyetso by’ihohoterwa bikabije—yose  yari mu mwobo  gusa kubera yarimaze iminsi yatangiye gusohora…

Read More

I Kigali Harizihirizwa Umunsi Mpuzamahanga Wabavuga ururimi Rw’igiswahili Kunshuro Ya  Kane Nibihugu Byose Bigize Umuryango Wa EAC

Ni igikorwa gikomeye, cyateguwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ku bufatanye n’u Rwanda, gifite intego yo gukomeza guteza imbere ururimi rw’igiswahili nk’ururimi ruhuza, rwubaka ubumwe n’iterambere mu karere. Uyu munsi w’ingenzi wizihizwa ku matariki ya 6 na 7 Nyakanga 2025, ni ku nshuro ya kane uhujwe n’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba: u Rwanda, Kenya,…

Read More