igihe cy’ibizamini by’igihembwe cya mbere 2025-2026 kiratangira mu kanya: inama z’ingenzi ku barimu, abanyeshuri n’ababyeyi mu gusoza

  Kuva tariki ya 01/12/2025, mu mashuri menshi yo mu Rwanda Ejo haratangira igikorwa gikomeye muri gahunda y’umwaka w’amashuri— ibizamini bisoza igihembwe cya mbere. Igihembwe cyatangiye ku wa 08/09/2025, , ariko ntago cyabaye kirekire cyane bitewe n’akazi kenshi kari mu mwaka wose wo kwiga. Iyo uganiriye n’abanyeshuri batandukanye, benshi bakubwira ko iki gihembwe cyihuse ndetse…

Read More

E.S St François Shangi: Ishuri Rihereye mu Cyaro Ry’Intangarugero mu Mitsindire n’Imyitwarire – Ndetse Abarigize Bakavuga Icyongereza Amasaha 24

  Mu gice cyi cyaro muri  Nyamasheke, ahantu hakunze kumurikirwa n’izuba ry’i Burengerazuba risera ku mazi y’ikiyaga cya Kivu, hari ishuri rimaze imyaka myinshi rihindura ubuzima bw’abakobwa, rikabaremamo icyizere cyo gutsinda no kubaka ejo hazaza heza. Iryo ni E.S. St François Shangi, ishuri ryavutse mu 1982 ku gitekerezo cy’ababikira b’abapentante ba Mutagatifu Fransisko, bafite umuhamagaro…

Read More

Muganga SACCO nayo ikomeje kwishimirwa n’abakora mu buganga nk’uko Umwalimu SACCO yabigenje mu barimu

    Mu myaka yashize, guteza imbere imibereho y’abagizwe n’inkingi z’iterambere ry’igihugu—abarimu n’abakora mu rwego rw’ubuzima byashyizwe ku isonga mu nzego zinyuranye za Leta. Ni muri urwo rwego hashyizweho za SACCO zifasha aba bakozi kubona serivisi z’imari zihuse, zizewe kandi zibafasha gutera imbere. Umwalimu SACCO imaze kuba icyitegererezo mu kuzamura imibereho y’abarimu, naho Muganga SACCO…

Read More

Urubuga rushya rwa TVET rufasha urubyiruko kubona amahirwe y’akazi no kwimenyereza imyuga ( internaship )

  Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry’ubumenyi ngiro mu Rwanda no kongerera urubyiruko amahirwe yo kubona akazi gahuriweho n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, hatangijwe ku mugaragaro urubuga rushya rwa Inserjeune Rwanda/TVET Career Portal. Ni urubuga rw’ikoranabuhanga rwakozwe n’Abanyarwanda mu bufatanye n’Istitut de la Francophonie pour l’Éducation et la Formation (IFEF), rukaba rugamije gufasha abiga…

Read More

Inguzanyo ya miliyari 50 Umwalimu SACCO yahawe na BRd ikomeje gufungurira abarimu Babishaka amahirwe yo kwiyubakira amazu meza

  Koperative Umwalimu SACCO Tariki 18 Nyakanga 2025 yabonye  ubushobozi bushya bwo gufasha abarimu kwiyubakira inzu nziza, nyuma yo guhabwa indi nguzanyo ya miliyari 30 Frw na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD). Aya mafaranga yaje yiyongera kuri miliyari 20 Frw iyi koperative yari yahawe mu ntangiriro za 2023, bituma inguzanyo zose Umwalimu SACCO ifite ituruka…

Read More

Minisitiri Nsengimana yibukije ko u Rwanda rwiyemeje uburezi budaheza, ahamagarira buri wese kugira uruhare mu kurwubaka

  Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph  Nsengimana, yagarutse ku nshingano z’u Rwanda mu guteza imbere uburezi budaheza ubwo yagiraga ijambo mu Nama y’Igihugu ya Kabiri yiga ku Burezi Budaheza (Second National Dialogue on Inclusive Education), ihuza inzego zitandukanye z’uburezi, abafatanyabikorwa n’imiryango ifite abana bafite ubumuga. Uyu mubonano ugamije kurebera hamwe aho gahunda y’igihugu yuburezi bubereye buri…

Read More

U Rwanda na Qatar Mu Rugendo Rushya rwo Guteza Imbere Uburezi: Minisitiri Irere yageze i Doha mu Nama ya WISE12

  Minisitiri w’Uburezi wungirije, Claudette Irere, ari mu ruzinduko i Doha muri Qatar aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uburezi WISE12—imwe mu nama zikomeye ku isi zihuza abafata ibyemezo, inzobere n’abashakashatsi mu burezi. Ku ruhande rw’iyi nama, Minisitiri Irere yagiranye ibiganiro byihariye n’abayobozi bakomeye barimo H.E. Fahad Hamad Al-Sulaiti, Umuyobozi Mukuru w’Ikigega cya Qatar…

Read More

ABARIMU BAGABYE IGITERO KURI COOPERATIVE YABO BAKUNDA CYANE

Abarimu bakomeje kuririra mu myotsi Mu minsi ishize, abarimu mu gihugu hose kumbuga zitandukanye yari amaganya, uburakari n’amarira. Ibi byose byaturutse ku kibazo cyari cyavutse ku Umwalimu SACCO, koperative y’abarimu benshi bakunda cyane ndetse bamaze imyaka bayizirikana nk’ahantu honyine habafasha kubona serivisi z’imari zoroheje. Nyamara, uko iminsi yagendaga ishira niko umutima w’abanyamuryango wakomezaga gushenguka, nyuma…

Read More

GS Nyagatare baciye burundu abana bicumbikiraga muri ‘geto’ kubera ingeso mbi bishoragamo

Ikigo cy’amashuri abanza n’ayisumbuye cya GS Nyagatare, giherereye mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, cyabaye icyitegererezo mu guhindura imyumvire n’imikorere y’uburezi. Nyuma y’igihe kirenga imyaka icumi cyakira abanyeshuri biga bacumbitse mu mujyi wa Nyagatare, cyafashe umwanzuro ukomeye wo guca burundu gahunda ya “geto”, ari yo macumbi abanyeshuri bicumbikiragamo batari mu nshingano z’ishuri. Ubuyobozi…

Read More

Umwalimu SACCO Muri Gahunda Nshya yo Kuzamura Ubwizigame: 5% Bugiye Kugera ku 8%

  Umwalimu SACCO ikomeje gushyira imbaraga mu gukomeza gutera imbere no kwishakamo ibisubizo birambye, binyuze muri gahunda nshya yo kongera ubwizigame bw’abanyamuryango bayo buva kuri 5% bukagera kuri 8%. Iyi gahunda iri gukorerwa ubukangurambaga mu gihugu hose, ariko by’umwihariko mu Karere ka Burera, aho abahagarariye abarimu mu mirenge batangiye gusura ibigo by’amashuri kugira ngo basobanurire…

Read More