Huye: Urukiko Rwisumbuye Rwahamije Umwarimu Thomas NTIVUGURUZWA Icyaha Cyo Gusambanya Abana Babiri

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwemeje ko umwarimu Thomas NTIVUGURUZWA, w’imyaka 50 y’amavuko, yakoze icyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa, rumukatiye igifungo cy’imyaka 10 mu igororero. Uyu mwarimu wigishaga ku ishuri rya Nyanza TSS (ryahoze ryitwa ETO Gitarama), riherereye mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, yarezwe ko yabanje kugura amasambusa (ibiraha) abana barimo gucuruza,…

Read More

Hasigaye iminsi ibiri ngo Inama ya Kabiri ku Burezi Bwuzuzanya 2025 itangire i Kigali Dore ibyo ugomba kumenya

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri gusa ngo Inama ya Kabiri y’Igihugu ku Banyeshuri bafite Ubumuga n’Uburezi Burimo Ubumwe 2025 itangire, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB) kiratangaza ko iyi nama izaba kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu kwiyubakira sosiyete irangwa n’ubumwe, ihangana n’ivangura iryo ari ryo ryose, kandi iboneye buri…

Read More

Amadayimoni Ari Kwataka Abana b’Abakobwa mu Rwunge Rw’Amashuri Rwa Juru ,Ababyeyi n’Abaturage Bahangayikishijwe niki kigo

  Mu Murenge wa Gahini, Akarere ka Kayonza, haravugwa inkuru zidasanzwe ziremereye imitima y’ababyeyi n’abarezi, zirebana n’abana b’abakobwa bafatwa n’ibisa n’ibitero by’amadayimoni ku ishuri rya Groupe Scolaire Juru. Abaturage n’ababyeyi baharerera bakomeje kugaragaza impungenge zikomeye, bavuga ko ibi bibazo byatangiye gufata intera ikabije ndetse bikanagira ingaruka ku myigire y’abana. Abaturage bavuga ko ibibafata bitangira abana…

Read More

Abarezi Barakangurirwa Gufungura Konti za CAMIS 2.0 Mbere y’Igihe, kuko Sisitemu Izakoreshwa mu Gutegura Billote z’Abanyeshuri

  Mu gihe gahunda yo gukoresha CAMIS 2.0 (Comprehensive Assessment Management Information System) ikomeje kwaguka mu gihugu hose, abayobozi b’amashuri, abarimu n’abashinzwe amasomo baracyakangurirwa gufungura konti zabo vuba na bwangu. ku munsi wa kane w’amahugurwa ya CAMIS 2.0, 67.8% by’abayobozi b’amashuri, abayobozi b’amasomo n’abarimu bamaze kwiyandikisha muri sisitemu nshya, bikaba byerekana intambwe ishimishije mu gushimangira…

Read More

Amashuri Asabwe Gutegura Icyumweru cy’Isubiramo, Abarimu bagashyikiriza Ibizamini bya Term 1 Aba DOS hakurikijwe amabwiriza ya MINEDUC, NESA na RTB

  Nk’uko biteganyijwe mu igenamigambi ry’amashuri (School Chronograms) rihuzwa n’amabwiriza rusange ya Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Uburezi (NESA) ndetse n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amashuri y’Ubumenyingiro (RTB), ubuyobozi bw’amashuri buributsa abarimu bose ko gahunda y’igihembwe cya mbere (Term 1) n’imyiteguro y’ibizamini igomba gukurikizwa neza kugira ngo hatagira igikorwa gisigara inyuma. Igihembwe cya mbere…

Read More

UMWALIMU SACCO YASOBANUYE ICYO FORM Y’ABANYAMURYANGO IZAKORESHA MU GUSABA AMAFARANGA YO GUTEZA IMBERE UBUHINZI N’UBWOROZI

Koperative Umwalimu SACCO yongeye kwizeza abanyamuryango bayo ko ihora ishakisha amahirwe yateza imbere imibereho yabo, cyane cyane mu bijyanye n’imishinga ibyara inyungu ibafasha kwiteza imbere no kugira ubuzima bwiza. Ibi byagarutsweho nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru y’ibihuha yavugaga ko hari inguzanyo nshya za CDAT zatangiye gutangwa ku mishinga y’ubuhinzi n’ubworozi. Ubuyobozi bw’Umwalimu SACCO…

Read More

Ubukangurambaga bw’Umutekano mu Muhanda “Turindane Tugereyo Amahoro” Bukomereza ku Banyeshuri bo mu Mujyi wa Kigali

Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda mu isura ya Turindane Tugereyo Amahoro bwakomeje kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo 2025, bugamije kwimakaza imyitwarire iboneye ku bana bakiri ku ntebe z’amashuri. Iki gikorwa cyibanze ku banyeshuri bo mu mashuri abanza mu Mujyi wa Kigali, kugira ngo barusheho gusobanukirwa n’uburyo bwo gukoresha umuhanda mu mutekano. Iki…

Read More

Abarimu Bakora Imishinga y’Ubuhinzi n’Ubworozi Bari Guhabwa Inguzanyo Nshya Bishingiwe na BRD, Ikwishyurwa mu Myaka 10, Kandi bakemererwa Guhabwa Agera Kuri Miliyoni 600 Bitewe n’Umushinga Wabo

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere imibereho y’abarimu no kubafasha kwagura imishinga ibinjiriza amafaranga arenze umushahara wabo, Umwalimu SACCO ku bufatanye na Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD), yamuritse gahunda nshya y’inguzanyo igenewe abarimu bafite imishinga y’ubuhinzi n’ubworozi, cyangwa se abateganya gutangira iyi mirimo. Iyi gahunda ije mu gihe abarimu benshi bamaze kugaragaza ubushake bwo kugera…

Read More

MINEDUC YEMEZA KO UBUCUCIKE MU MASHURI BUHANGAYISHIJE  IVUGAKO HAKENEWE IBYUMBA BY’AMASHURI BYIKUBYE GATATU IBIHARI MU GIHUGU HOSE

Ikibazo cy’ubucucike mu mashuri y’u Rwanda gikomeje gufata intera ikomeye, by’umwihariko mu karere ka Rusizi aho imibare y’abana biga mu cyumba kimwe ikomeje kuba hejuru cyane ugereranyije n’ubushobozi bw’amashuri n’abarimu bahari. Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yemeje ko iki kibazo gikomeye kandi gikeneye igisubizo gifatika mu gihe cya vuba, kuko gifite ingaruka ku ireme ry’uburezi n’imitsindire y’abanyeshuri….

Read More

Ubufatanye bwa REB na Francophonie Bukomeje Guhindura Isura y’Imyigishirize y’Igifaransa mu Rwanda

Mu rugendo rwo kuzamura ireme ry’uburezi no kongerera abanyeshuri ubumenyi bw’indimi z’amahanga, Urwego rw’Igihugu rushinzwe guteza imbere Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB) rukomeje kugaragaza ko ubufatanye n’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ari kimwe mu byatanze impinduka zirambye mu kwigisha no kwiga ururimi rw’Igifaransa mu Rwanda. Ubufatanye bwatangiye kwigaragaza mu 2020, ubwo OIF yatangizaga gahunda yo…

Read More