Karere ka Muhanga Hafashwe Abakekwaho Ubugizi bwa Nabi: Abagabo 13 n’Abagore 2 Barafunzwe

Tariki ya 3 Kanama 2025, mu midugudu ya Rugarama na Gifumba, Akagari ka Gifumba, Umurenge wa…

REB YASOBANUYE NEZA UKO SISTEMU YO GUSIMBURANYA ABARIMU IKORA

Mu rwego rwo gukemura impungenge z’abarimu ku bijyanye n’imitangire y’akazi n’imyimukire, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze…

U Rwanda Ruri kumwanya wakangahe  mu Burezi ku Mugabane wa Afurika? Ese  Minisitiri Mushya  Impinduka yazanye  zigiye guhindura iki ?

U Rwanda rukomeje kwiyubaka mu bijyanye n’uburezi nyuma y’imyaka myinshi rugaragaza ubushake bwo gutanga uburezi bufite…

Ibizamini bya Leta Bikomeje Gukosorwa neza: Dr. Bernard Bahati yasabye abakosora  gukomeza gukosora  nta buriganya

Ibizamini bya Leta Bikomeje Gukosorwa neza: Dr. Bernard Bahati yasabye abakosora  gukomeza gukosora  nta buriganya Uyumunsi…

Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ibikubiye muri gahunda ya Mutation & Permutation y’abarimu igiye gutangira uyumunsi : Hari impinduka n’amabwiriza mashya

Kuruyumunsi ku  wa gatanu tariki ya  1 Kanama 2025, gahunda nshya yo kwimurwa kw’abarimu (mutation) no…

Igenzura ry’isoko ryihariye ry’abarimu: Umushinga mushya ushobora gufasha abarimu kubona ibicuruzwa ku giciro kiboroheye

Mu nama yabereye ikigali kumunsi w’ejo , Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, yatangaje ko Minisiteri ayoboye…

INAMA NYUNGURANABITEKEREZO KU BUREZI IRIMO KUBERA I KIGALI CONVENTION CENTRE: UMUSARURO W’UBUREZI USHINGIRA KU MWARIMU

Kigali – Kuri uyu wa Gatatu, muri Kigali Convention Centre, hatangiye Inama Nyunguranabitekerezo ku burezi yibanda…

Sam Altman, Umuyobozi wa ChatGPT, yatangajeko  ko Ibyo muyibaza bigeye kujya bikoreshwa nkibimenyetso bibashinja mu nkiko

Mu itangazo ritunguranye ryasohowe na Sam Altman, Umuyobozi Mukuru wa kompanyi ikora porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano izwi…

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma: Hashyizweho ba Minisitiri bashya bane barimo n’abaminisitiri bungirije

Tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma, hashyirwamo…

Muri  2050,  70 % by’abanyarwanda bazaba batuye mu mijyi y’icyitegererezo, kandi bazaba bafite imibereho myiza,ndetse  n’amahirwe angana  

Minisiteri y’Ibikorwaremezo MININFRA Mu kwezi kwa Gicurasi 2025,   yatangije Politiki Y’Igihugu Y’Imijyi 2025 (National Urbanisation Policy…