Gatsata: Umugabo Ukekwaho Kurogera Umugore We Muri Kawunga Akurikiranwe nubutabera

Mu Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, haravugwa inkuru itari isanzwe y’umugabo ukekwaho kugerageza kuroga umugore we nyuma y’uko amubwiye ko atamugaburira kubera ko atajya ahaha. Uyu mugabo, twise Kazungu Jean de Dieu ku bw’umutekano we, ari mu maboko y’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, nyuma yo gushinjwa…

Read More

YouTube Igiye Gutangira Gukoresha Ubwenge Bukorano ( Ai ) mu Kumenya Imyaka y’Abayikoresha, Hagamijwe Kurinda Abana kureba  video zitabakwiriye

Mu isi y’iki gihe ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga, sosiyete nyinshi zikomeye zishaka uburyo bwo kurinda urubyiruko ingaruka mbi zituruka ku gukoresha imbuga nkoranyambaga zigashiraho uburyo bwo kuzikoresha  neza. YouTube, urubuga rw’amashusho rukunzwe cyane ku isi, rwatangaje ko rugiye gushyira mu bikorwa uburyo bushya bwo kumenya imyaka y’abakoresha hakoreshejwe ubwenge bukorano (Artificial Intelligence – AI), mu…

Read More

Umugabo Wumukire Warumaze Igihe Ashaka Umu Mama Wamureze Arimuto Yamubonye   Amuha Impano Ya 16000 $ Amwemerera Na 300$ Yaburikwezi

Mu buzima bwa muntu, hari abantu bahura na we ku buryo butunguranye ariko bagasigira ubuzima bwawe urwibutso rwiza Iyi ni inkuru irababaje  ariko  ninziza ivuga kumugabo w’umutima  wamenye gushimira no guha agaciro uwamubereye inkingi mu buzima bwe kuva akiri uruhinja. Si inkuru y’igitangaza cy’amafaranga, ahubwo ni inkuru y’igitangaza cy’urukundo n’umutima utibagirwa. Hashize imyaka myinshi, umwana…

Read More

Malone Wibye  Miliyoni $230 muri Crypto yahawe imbabazi nurukiko bahita bamuha akazi mukigo gikomeye

Malone Lam, umusore w’imyaka 20 gusa, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru nyuma yo kuvugwaho kwiba akayabo ka miliyoni 230 z’amadolari y’Amerika abinyujije muri gahunda y’uburiganya (scam) y’ifaranga rya mudasobwa rizwi nka cryptocurrency. Ariko igitangaje kurushaho ni uko, nubwo icyaha cye cyateje uburakari bukabije mu bantu, yababariwe  igihano cyo gufungwa, ahubwo ahabwa umwanya…

Read More

UMUGABO NIKI AKWIYE KWITEGA  MU GIHE UMUGORE WE AHORA AJYA MURI SAUNA, MASSAGE NA GYM?

Mu murwa mukuru wa Kigali, hari umugabo witwa Ntirenganya Jean de Dieu, w’imyaka 42. Yari amaze imyaka 10 ashatse umugore witwa Clarisse, w’imyaka 34,  kuba mwiza  ntawabihakana kandi Azwiho  kwambara akaberwa . Bamaze gushakana nyuma yigihe   gito, Clarisse yahise atangira gusura ahantu hatandukanye nko muri sauna, massage na gym, ku buryo byabaye nk’akazi ke ka…

Read More

Abantu 172,824 Bapfa Buri Munsi ku Isi: Ibihugu 10 Bifite Urupfu Ruri hejuru n’Ibisobanuro ku Mpamvu Zitera Ibi byago

Mu gihe isi ikomeje kwihuta mu iterambere n’ikoranabuhanga, imibare y’abapfa buri munsi irakomeje gutera impungenge. Buri munsi, abantu barenga ibihumbi 172 (172,824) bapfa ku isi hose, bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo indwara, impanuka, intambara, ubukene, n’izindi ndwara zandura zitandura. Ikibabaje ni uko ibihugu bimwe bifite urupfu ruri hejuru cyane ugereranyije n’ibindi, bikagaragaza ko hari ibikwiye kuvugutirwa…

Read More

O LEVEL QUESTION PAPER NATIONAL EXAM 2024-2025

Mu mwaka w’amashuri wa 2024–2025, ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye byabaye ku gihe kandi bigenda neza mu gihugu hose. Ikizamini cyateguwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) KUBIFUZA KUREBA IBYABAJIJWE MUNYURE HASI MUBIREBE MUNATANGE IBITEKEREZO BYUKO MWABIBONYE 👇 HARIBINDI WIFUZA WATUBWIRA MURI COMMENT NABYO TURABISHIRAHO VUBA TWABIGUHA BY GMAIL

Read More

Ntarupfu Ruzongera kubaho kubakire :Ikigo cyo mu Budage kirimo  gufungira abantu mu cyumba  cy’ubukonje bwo hasi kugira ngo bazakangurwe mu gihe kizaza  Abantu barenga 650 bamaze kwiyandikisha, igiciro ni $200,000

Mu gihe iterambere ry’ikoranabuhanga rihindura uko abantu babaho ndetse n’uko batekereza ku buzima n’urupfu, ikigo gishya cyatangiriye mu Budage kirashaka gukemura ikibazo cy’urupfu cyifashishije ubuhanga bwihariye bwo kugabanya ubushyuhe bw’umubiri w’umuntu bukagera kuri dogere -196, kikawubika mu buryo bwa cryonics kugira ngo azazurwe igihe kizaza kizaba cyabonetsemo umuti cyangwa ikoranabuhanga rishobora kumusubiza ubuzima. Iki kigo,…

Read More

Ese Mwabonye Icyo Twita  Ukwezi Kuzuye ( Full Moon )  Nejo Kurongera Kube? Menya Igihe Nyacyo Uzareberaho ,Ndetse N’icyo Bivuze Mwisi  Y’umwuka

Mu gihe abantu benshi hirya no hino ku isi bagira amatsiko buri mwaka ku bijyanye n’ukwezi kwuzuye, muri Nyakanga 2025 ho batinda  cyane kubera ko ukwezi kw’uyu mwaka kuzakubita agahigo karenze—abahanga bise  “Buck Moon”, cyangwa “Ukwezi kw’impene y’ingabo.” None se, ukwezi kuzaba   ryari muri Nyakanga 2025? Kuki kwitwa Buck Moon? Ese ni iki bivuze ku…

Read More

Ngizi Impamvu  Zitera Abagabo Gupfa Bari Mu Gikorwa cy’Imibonano Mpuzabitsina

Mu mateka y’isi, habayeho abantu benshi bazize urupfu rutunguranye bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina. Ibi bintu bitavugwaho cyane kubera isoni cyangwa isura bitanga muri sosiyete , ariko ni ibintu byagiye bigaragara mu buzima bw’abantu b’ingeri zose, kuva ku bategetsi bakomeye , ibyamamare bizwi ku isi nabagabo basanzwe. Perezida Félix Faure: umwe mubapersida baziza ururupfa rutunguranye…

Read More