Udukoryo N’Uko Amasezerano Y’Amahoro Yasinyiwe I Washington Hagati Ya H.E Tshisekedi Na H.E Paul Kagame

Ku mugoroba w’ejo hashize, Washington yabaye ku isonga ry’amateka mashya yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ni inkuru yakwirakwiye ku isi yose mu kanya nk’ako guhumbya, kuko yari yitezwe kandi ikaba ishimangira intambwe ikomeye yo kugarura ituze mu karere. Ni amasezerano y’amahoro n’iterambere yasinywe hagati y’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ndetse na…

Read More

Uko Gahunda yo Gusinya Amasezerano y’Amahoro hagati y’u Rwanda na RDC Iragenda mukanya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ategerejwe kwakira Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida Félix Tshisekedi wa RDC mu biro bye bya White House, mu muhango wo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro n’ubufatanye mu by’ubukungu. Perezida Kagame yamaze kugera i Washington, D.C., aho ahura na Perezida Trump mbere yo kwifatanya mu…

Read More

Inama y’Abaminisitiri Yahagaritse Inoti Zishaje  Ntiwongere Kuzemera, Ndababuriye!

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, iyobowe na Perezida Paul Kagame mu Rugwiro, yongeye kuzana impinduka zikomeye mu miterere y’imicungire y’imari n’akarere ka politiki mu Rwanda, by’umwihariko binyuze mu gukuraho burundu inoti zishaje no gushyiraho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye. Iyi myanzuro ikomeye ifite aho ihurira n’umutekano w’ifaranga ry’igihugu, imicungire…

Read More

Perezida Kagame Yemeza ko Hari Ibimenyetso Byerakana Ubufatanye bw’Abahungu ba Habyarimana na FDLR

Perezida Paul Kagame yongeye kugaruka ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, ashimangira ko hari ibimenyetso bifatika bigaragaza ko abahungu ba nyakwigendera Juvenal Habyarimana bakorana n’uyu mutwe ubarwamo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yavuze ko inzego z’u Rwanda zakurikiranye iki kibazo bihagije, zigatangira kubona ko uyu mutwe ukomeje gushyigikirwa n’abantu n’amatsinda akorera mu…

Read More

Mutesi Scovia, Umunyamakuru w’Indashyikirwa, Ageze ku Nzozi zo Gufungura Televiziyo ye Nyuma y’Urugendo Rutoroshye, Ahabwa Inkunga Irenga Miliyoni 14 Frw

  Umunyamakuru Mutesi Scovia, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (Rwanda Media Commission – RMC), ari mu byishimo bikomeye kubera intambwe ikomeye ateye yo gushinga Mama Urwagasabo TV, televiziyo nshya yizeye ko izazamura urwego rw’itangazamakuru mu Rwanda. Ni umuhigo yari yarahize  imyaka myinshi, awukozaho imitwe y’intoki kenshi ariko bikanga, kugeza igihe amatsiko, ubushake n’umurava yakoranye…

Read More

Inzozi zo Kuba Umudepite Yaragezeho Zahindutse Igifungo: Musonera Yahamijwe Ibyaha bya Jenoside Yakorewe Abatutsi

Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba ruherereye mu Karere ka Muhanga rwakatiye Germain Musonera igifungo cy’imyaka 20, rumutegeka no kwishyura indishyi z’akababaro zingana na miliyoni 50 Frw ku muryango IBUKA, umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 13 Ugushyingo 2025, kije gisozwa urugendo rurerure rw’uru rubanza rwatangiye nyuma y’amatora y’Abadepite…

Read More

Umwarimu wa Kaminuza Dr. Théophile Mugirwa ukurikiranyweho indonke n’ubucukuzi butemewe yategetswe gufungwa iminsi 30 by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana, ruherereye mu karere ka Nyanza, rwasomye umwanzuro waryo ku rubanza rwa Dr. Théophile Mugirwa, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, uregwa ibyaha birimo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse no kwakira indonke. Urukiko rwasanze hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibi byaha, bityo rutegeka ko afungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30,…

Read More