Tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma, hashyirwamo…
Category: News
Muri 2050, 70 % by’abanyarwanda bazaba batuye mu mijyi y’icyitegererezo, kandi bazaba bafite imibereho myiza,ndetse n’amahirwe angana
Minisiteri y’Ibikorwaremezo MININFRA Mu kwezi kwa Gicurasi 2025, yatangije Politiki Y’Igihugu Y’Imijyi 2025 (National Urbanisation Policy…
Dr. Justin Nsengiyumva, wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya wu Rwanda Ni Muntu ki ?
Kugeza ubu, nta mpamvu yihariye yatangajwe ku mpinduka zakozwe kuri Minisitiri w’Intebe wahozeho, Dr. Edouard Ngirente.…
Gahunda ya Holiday Remedial Program 2025 Yatangiye ndetse hamenyekana nibihembo kubazayigiramo uruhare
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro ko gahunda yiswe “Holiday Remedial Teaching and Learning…
Ese “XChat” ya Elon Musk igiye simbura WhatsApp? Izajya ikora bitagombeye nomero ya telephone ikindi uzajya uyishuriraho amafaranga nkuko ubigenza kuri mobile money ndetse unayikoreshe amavideo yo gupostinga
Mu gihe isi ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga, umuntu uzwi cyane mu gukora udushya, Elon Musk, yongeye…
Impinduka nshya mu burezi: Inama yayobowe na Minisitiri W’uburezi yasize hafashwe imyanzuro 15 ikomeye
Ku wa 13 Nyakanga 2025, Minisitiri w’Uburezi yayoboye inama nyunguranabitekerezo yabereye muri Nobleza Hotel, ikaba yarashingiwe…
NGUTWO UDUSHYA TWAGARAGAYE KURI CENTRE ZIRIGUKORERWAHO EXAM NATIONAL EJO : ABANYESHURI BASOHOKANAGA AMAKAYE YA EXAM BAKIRUKA ABANDI BASANGANWE IBYUMA BAGOMBA GUTERA BAGENZI BABO
Mukarere ka Gatsibo district kuri Centre: GS Rwikiniro Umukandida NIYOGISUBIZO Honorine ubwo yamaraga gukora exam ya…
Hamenyekanye Icyatumye Peresida Donald Trump Asaba Abaperesida ba Afurika kujya Bivuga Ese Abahanga babivuzeho iki ?
Mu kwezi kwa Nyakanga 2025, Perezida w’Amerika w’icyo gihe, Donald Trump, yakiriye abayobozi b’ibihugu bitanu byo…
Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bakoze ibizamini bya Leta bagaragaza icyizere n’ishyaka ryo gutsinda
Kuri GS HVP Gatagara – Rwamagana, abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona barimo gukora ibizamini bya Leta…
Umunyeshuri wo mu Karere ka Ngoma wa gonzwe n’Imodoka arimo gukorera ibizamini bya Leta aho arwariye Ari mu Bitaro
Adeline Niyonagize, umunyeshuri w’imyaka 20 wigaga ibijyanye n’ubukerarugendo muri GS Mutenderi, mu Karere ka Ngoma, yakoze…