Uko Miliyoni Zirenga Zisaba Akazi, Abinjira mu Myanya Bakaba Ibihumbi Bitatu Gusa

Isesengura rishya rya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (PSC) ry’umwaka wa 2024/2025 ryagaragaje ishusho ikomeye y’uruhurirane rw’abashaka akazi mu Rwanda n’umubare muto cyane w’abakirirwa mu nzego za Leta. Mu mibare yashyizwe ahagaragara, abantu 1,111040 nibo basabye akazi mu nzego zitandukanye za Leta, ariko abemerewe gushyirwa mu myanya baba 3134 gusa. Ni ukuvuga ko buri…

Read More

Abahanzi, Abasizi, Abamotari n’Abacuruzi b’Abanyarwanda Bahizwe mu Bazemererwa Gutangira Gutanga Imisanzu y’Izabukuru, Ubwishingizi bwa Rama n’Ibindi Byari Byemererwa Abakozi ba Leta Gusa

Mu gihe u Rwanda ruri kwitegura kuvugurura amategeko akomeye y’ubwiteganyirize asanzwe agenga imibereho myiza nk’ubwishingizi bw’ubuzima, ikiruhuko cy’ababyeyi ndetse n’amapensiyo, biteganyijwe ko bizaba byasohotse bitarenze umwaka wa 2026. Ibi bizaha abahanzi n’abandi bakozi bo mu rwego rutari urwemewe mu buryo bwa Leta amahirwe yo gutangira gutekereza ku gihe cy’izabukuru binyuze mu kwitabira gahunda z’ubwiteganyirize. Minisiteri…

Read More

U Rwanda Rwiteguye Kongera Umusaruro w’Ubuhinzi ku Kigero cya 50% mu Myaka Itanu Iri Imbere, Nk’uko Byatangajwe na Minisitiri w’Intebe

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko bitarenze mu 2029 umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi uzongerwa ku kigero cya 50% mu rwego rwo gukomeza kwihaza mu biribwa n’iterambere ry’ubukungu bw’igihugu, inagaragaza ibizarufasha. Ubwo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragazaga ibigomba gushyirwamo imbaraga ngo u Rwanda rugere kuri iyo ntego, yavuze ko hazashyirwa imbaraga muri gahunda zigamije kongera umusaruro ndetse…

Read More

Impamvu “Yellow Junction Box” Ziri Kubakwa ( gushirwa) mu Mujyi wa Kigali

Mu minsi ishize, abagenzi batemberera mu mujyi wa Kigali batangiye kubona ibimenyetso bishya M’umuhanda, aho mu masangano amwe n’amwe hashyizwe “Yellow Junction Box” cyangwa Ikirango kimeze nkigikarito cy’umuhondo k’ibisate byambukiranya mu mumuhanda . Ibi bimenyetso bishya bigamije guteza imbere imikoreshereze myiza y’umuhanda no gukumira umuvundo udasanzwe ujya uboneka mu masangano y’imihanda yinjirwamo n’imodoka nyinshi.  …

Read More

Nyuma yo kwangwa n’ibihugu by’i Burayi, Félicien Kabuga ashobora koherezwa mu Rwanda

Ku itariki ya 9 Nzeri 2025, Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru mu ishami rishinzwe gusoza imirimo y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) bandikiye urukiko ibaruwa ikomeye ivuga ku kibazo cya Félicien Kabuga, umunyemari umaze imyaka afunzwe ariko udashobora kuburana kubera uburwayi n’ubusaza.   Mu ibaruwa y’abashinjacyaha babiri bo ku rwego rwo hejuru, Rashid S. Rashid na…

Read More

Leta y’u Rwanda yatangiye gupima imyuka ihumanya iva mu binyabiziga bikoresha lisansi na mazutu

Guhera tariki ya 25 Kanama 2025, Leta y’u Rwanda binyuze mu Rwego rushinzwe kurengera ibidukikije (REMA), yatangiye gupima ku mugaragaro imyuka ihumanya iva mu binyabiziga bikoresha lisansi na mazutu. Iyi gahunda izakorwa ku rwego rw’igihugu, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya rya Minisiteri y’Ibidukikije, ryemejwe n’Inama y’Abaminisitiri, rikaba ryarasimbuye iryo mu 2018. Iri tegeko rigamije gushyiraho uburyo…

Read More

Perezida Kagame yaganiriye n’Abofisiye barenga 6000 i Gabiro basoje amasomo y’umwuga w’igisirikare

Uyu munsi tariki ya 25 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’Igihugu, Nyakubahwa Paul Kagame, yasuye Ikigo cya Gisirikare cya Gabiro (Gabiro Combat Training Center), aho yahuye n’abofisiye barenga 6000 baturuka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP), n’Urwego rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), barangije amasomo yihariye y’umwuga (Military…

Read More

M23 yatangaje imbere y’Isi yose ko Leta ya Congo ifatanyije na FDLR Bari mu mugambi wo gutegura Jenoside

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) wamaganye ibirego biherutse gutangazwa na Human Rights Watch (HRW) ndetse n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu, bivuga ko wishe abaturage b’abahutu barenga 140 mu burasirazuba bwa Congo. M23 ivuga ko ibi birego bigamije gushimangira umugambi wa Leta ya Congo n’inshuti zayo wo…

Read More