Minisitiri Dr. Joseph Nsengimana Atumiye Abanyarwanda Kwiyandikisha no Kwitabira Huye Half Marathon ku Buntu

Huye Half Marathon ku nshuro ya gatatu irongera Iragaruka, yongera kuzana umwuka w’ibyishimo, ubumwe n’umurava mu…

Sepaktakraw: menya byinshi kuri volleyball yo gukina n’amaguru yatumye isi yose ikangarana

  Amateka, Amategeko, Uko Ikinwa n’amakipe akomeye Sepaktakraw ni umukino udasanzwe, wihariye kandi ugereranywa n’ihuriro ry’imikino…

DR Congo yatsinze Nigeria mu Playoff, yegeze ku nzozi zo gusubira mu Gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) yanditse amateka mashya mu mupira w’amaguru…

Maroc yanditse amateka akomeye mu Gikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 nyuma yo kunyagira New Caledonia ibitego 16-0

Ku Cyumweru tariki ya 9 Ugushyingo 2025, muri Doha, muri Qatar, habaye umukino  utazibagirana mu mateka…

Minisitiri Nsengimana na Mukazayire batangije ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26, basaba abanyeshuri guhuza kwiga no gukora siporo

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph, Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, n’abandi bayobozi ba siporo mu mashuri n’amashyirahamwe…

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagabo

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagab     Tadej Pogačar ukomoka muri…

Abakina betting bagiye gukubitwa n’inkuba: Umusoro wiyongereye inshuro hafi eshatu

Impinduka mu Bucuruzi bw’Imikino y’Amahirwe mu Rwanda: Umusoro uzamuwe kuva kuri 13% ugera kuri 40% Urwego…

Mukanemeye Umufana Ukomeye Wa Mukura Yitabye Imana Kumyaka 103 Azize Uruphu Rutunguranye

Mu itangazo ryashyizwe hanze na Mukura VS, yavuze uyu mukecuru witabye Imana afite imyaka 103 y’amavuko…

Ubuzima Bwa Cristiano Ronaldo Muri Arabia Saudite: Abayeho Kurusha Abami Nabatware    Niwe Ufite Umuvumo Wubukire Abanda Barabesha

Cristiano Ronaldo, uzwi cyane ku izina rya CR7, si umukinnyi usanzwe muri Arabia Saudite—ni nk’umwami. Kuva…

Rugaju Reagan yamaze ku girwa umutoza w’ungirije muri Gorilla FC.

Rugaju Reagan Uherutse kubona Lecense C, itangwa na (CAF) Confederation of Africa Football. Rugaju Reagan yamaze…