Minisitiri Dr. Joseph Nsengimana Atumiye Abanyarwanda Kwiyandikisha no Kwitabira Huye Half Marathon ku Buntu

Huye Half Marathon ku nshuro ya gatatu irongera Iragaruka, yongera kuzana umwuka w’ibyishimo, ubumwe n’umurava mu gihugu hose. Ni irushanwa rimaze kumenyekana nk’umunsi wihariye uhuza abantu b’ingeri zitandukanye mu bikorwa bya siporo bigamije guteza imbere ubuzima bwiza no kumenyekanisha Umujyi wa Huye ku rwego mpuzamahanga. Iri siganwa ritegurwa buri mwaka na Cercle Sportif de Butare…

Read More

Sepaktakraw: menya byinshi kuri volleyball yo gukina n’amaguru yatumye isi yose ikangarana

  Amateka, Amategeko, Uko Ikinwa n’amakipe akomeye Sepaktakraw ni umukino udasanzwe, wihariye kandi ugereranywa n’ihuriro ry’imikino ibiri izwi cyane: Volley Ball n’Umupira w’amaguru. Ni umukino aho abakinnyi bakina nk’abakina Volleyball, ariko aho gukubita umupira n’intoki cyangwa amaboko, bakoresha ibirenge, ibipfunsi, amaguru hejuru (acrobatic kicks), imitwe n’imisaya. Ni umukino wuzuyemo ubuhanga bwo gusimbuka, gukora acrobatic flips…

Read More

DR Congo yatsinze Nigeria mu Playoff, yegeze ku nzozi zo gusubira mu Gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) yanditse amateka mashya mu mupira w’amaguru muri Afurika nyuma yo gutsinda Nigeria kuri penaliti 4-3, mu mukino wa nyuma wo gushaka itike yo gukina imikino ya Playoff y’Isi wabereye i Rabat mu murwa mukuru wa Maroc. Ni intsinzi yatumye Abanye-Congo bakomeza urugendo rwo guhatanira kwitabira…

Read More

Maroc yanditse amateka akomeye mu Gikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 nyuma yo kunyagira New Caledonia ibitego 16-0

Ku Cyumweru tariki ya 9 Ugushyingo 2025, muri Doha, muri Qatar, habaye umukino  utazibagirana mu mateka y’umupira w’amaguru w’abatarengeje imyaka 17. Ni umukino wahuje ikipe y’igihugu ya Maroc n’iya New Caledonia, mu irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 (FIFA U-17 World Cup), aho Maroc yatsinze ibitego 16-0, ikandika amateka mashya muri iri rushanwa. Uyu mukino…

Read More

Minisitiri Nsengimana na Mukazayire batangije ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26, basaba abanyeshuri guhuza kwiga no gukora siporo

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph, Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, n’abandi bayobozi ba siporo mu mashuri n’amashyirahamwe y’imikino bahuriye muri Lycée de Kigali ahabereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26 bibutsa abanyeshuri kujyanisha imikino no kwiga. Ni umwaka w’imikino watangijwe ku mugaragaro ku wa 20 Ukwakira 2025, aho Minisitiri w’Uburezi, Dr. Nsengimana Joseph,…

Read More

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagabo

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Tadej Pogačar Yisubije Ikuzo mu Cyiciro cy’Abagab     Tadej Pogačar ukomoka muri Slovenia, yegukanye intsinzi ikomeye mu irushanwa ry’Isi ry’Amagare, mu cyiciro cy’abagabo b’icyiciro cy’icyubahiro (Elite Men Road Race), nyuma yo gukoresha amasaha atandatu, iminota 21 n’amasegonda 20 ku ntera y’ibilometero 267.5. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yatsinze arushije Umubiligi Remco Evenepoel…

Read More

Abakina betting bagiye gukubitwa n’inkuba: Umusoro wiyongereye inshuro hafi eshatu

Impinduka mu Bucuruzi bw’Imikino y’Amahirwe mu Rwanda: Umusoro uzamuwe kuva kuri 13% ugera kuri 40% Urwego rw’ubucuruzi bushingiye ku mikino y’amahirwe mu Rwanda ruri kwitegura impinduka zikomeye mu bijyanye n’imisoro, aho guhera ku itariki ya 1 Nzeri 2025, umusoro ku musaruro w’inkingi (Gross Gaming Revenue – GGR) uzazamurwa uva kuri 13% ukagera kuri 40%. Icyarushijeho…

Read More

Mukanemeye Umufana Ukomeye Wa Mukura Yitabye Imana Kumyaka 103 Azize Uruphu Rutunguranye

Mu itangazo ryashyizwe hanze na Mukura VS, yavuze uyu mukecuru witabye Imana afite imyaka 103 y’amavuko yazize urupfu rutunguranye.Yagize iti” Inkuru ibabaje.Ubuyobozi bwa Mukura Victory Sport bubabajwe no kumenyesha abakunzi b’umupira w’amaguru ko Mukanemeye Madeleine uzwi nka Maman Mukura yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.Gahunda zo kumuherekeza turaza kuzibamenyesha,Imana imwakire mu bayo.”Muri Werurwe, 2025 Mukanemeye Madeleine…

Read More

Ubuzima Bwa Cristiano Ronaldo Muri Arabia Saudite: Abayeho Kurusha Abami Nabatware    Niwe Ufite Umuvumo Wubukire Abanda Barabesha

Cristiano Ronaldo, uzwi cyane ku izina rya CR7, si umukinnyi usanzwe muri Arabia Saudite—ni nk’umwami. Kuva yagera mu ikipe ya Al Nassr mu ntangiriro za 2023, ubuzima bwe bwarahindutse ku rwego rutigeze rubaho mu mateka y’umupira w’amaguru. Uyu rutahizamu w’umunya-Portugal ntakinira amafaranga gusa, atembera mu isi yuzuye ubutunzi, icyubahiro n’ibyiza byinshi abakinnyi benshi badashobora no…

Read More

Rugaju Reagan yamaze ku girwa umutoza w’ungirije muri Gorilla FC.

Rugaju Reagan Uherutse kubona Lecense C, itangwa na (CAF) Confederation of Africa Football. Rugaju Reagan yamaze Reangan Rugaju ni umunyamakuru ukora ikiganiro cy’imikino kuri Radio Rwanda na Television Rwanda ni umukozi uhoraho wa RBA. Akaba arumunyamakuruzwiho gukunda umunyabigwi mumupira w’amaguru Cristiano Ronaldo, akanafa bikomeye cyane ikipe y’ Arsenal iyikipe Kandi ikaba Ari numufatanya bikorwa na…

Read More