Ku ya 26 Gicurasi 2025, ibari umunsi wo kwishima ku mupira wamaguru kwi ikipe ya Liverpool ndetse nabafana bayo byahindutse ahantu akaduruvayo n’amakuba. Mugihe abaturage bo mumugi wa liberpool bizihizaga intsinzi ya Premier League ya Premier League ibintu bitunguranye kandi biteye ubwoba byahise bibera mumuhanda Imodoka ya yinjiye mubaturage itera impanuka irajajangurika benshi bahasiga ubuzima .
Ibihumbi n’ibihumbi bari byabari bateraniye hamwe kugirango bishimire ibyo ikipe yabo yagezeho, bari mumuhanda baririmba bishimye umuhanda indirimbo, nibwo Imodoka ya Lyakoraga impanuka ndetse isiga abantu benshi bakomeretse, bituma haba akaduruvayo gateye ubwoba .
Ibi byabaye nyuma gato ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo BST ahitwa iconic Liver Building hagati mumugi wa Liverpool .

Ababyiboneye basobanuye ko byari biteye ubwoba , abantu bavugije induru bagerageza guhunga ngo banatange inzira kumodoka zubutabazi.
Nk’uko amakuru abitangaza, umushoferi warutwaye iyo modoka yabanje gutongana n’abanyamaguru mbere yo kwihuta mu bantu. Nyuma imodoka yaje guhagarara. Ariko, mugihe abari bahari begereye, umushoferi yongeye kwihuta, agonga abantu benshi mbere yuko ahagarara.
Myuma muri Aka gace kagoswe n’abapolisi vuba, kandi boherejwe n’ubutabazi kugira ngo iki kibazo gikemuke kandi gitange ubufasha ku bakomeretse.
Nyuma y’ibyabaye hagaragaye umubare munini w’abantu bakomeretse. Nk’uko abayobozi bo mu kigo cy’ubutabazi cy’amajyaruguru cyahise kibitangaza, abantu 47 bakomeretse.
Abashinzwe kuzimya umuriro bagize uruhare runini mu gutabara abantu baguye munsi y’imodoka, bakoresha ibikoresho kabuhariwe kugira ngo babakuremo neza
Abayobozi bemeje ko umuntu uri inyuma yiyi mpanuka ari umugabo witwa Caucase w’imyaka 53 utuye mu karere ka Liverpool. Yahise afatwa aho yari ari n’abapolisi ba Polisi ya Merseyside, ajyanwa gufungwa kugira ngo akomeze kubazwa.