Meddy arashimwa na Kitoko bibarwa  kubera ivugabutumwa akora kuri murandasi nyuma yo kwiyegurira IMANA

Nyuma y’imyaka irenga icumi aba mu Bwongereza, umuhanzi w’Umunyarwanda Mpuzamahanga Kitoko Bibarwa yagarutse gutura mu Rwanda,…

Abahanzi, Abasizi, Abamotari n’Abacuruzi b’Abanyarwanda Bahizwe mu Bazemererwa Gutangira Gutanga Imisanzu y’Izabukuru, Ubwishingizi bwa Rama n’Ibindi Byari Byemererwa Abakozi ba Leta Gusa

Mu gihe u Rwanda ruri kwitegura kuvugurura amategeko akomeye y’ubwiteganyirize asanzwe agenga imibereho myiza nk’ubwishingizi bw’ubuzima,…

Minisitiri Nsengimana na Mukazayire batangije ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26, basaba abanyeshuri guhuza kwiga no gukora siporo

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph, Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, n’abandi bayobozi ba siporo mu mashuri n’amashyirahamwe…

Umujyi wa Kigali Wafunguye Amahirwe ku Bashaka Gutaka Umujyi mu Mpera z’Umwaka: Kigali Izaba Idasanzwe!

 Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ku mugaragaro gahunda nshya igamije gufasha mu gushimisha abatuye Umurwa Mukuru…

Uwahoze ari umuvugabutumwa muri ADEPR yapfuye mu buryo butunguranye nyuma yo kurarana n’umugore utari uwe

Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka…

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yakiriye itsinda ry’abarimu 50 b’abakorana bushake ba OIF bagiye guhindura byinshi mu myigishirize y’Igifaransa mu Rwanda

Ku wa 5 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda, Bwana Joseph Nsengimana, yakiriye ku mugaragaro itsinda…

Umugabo Utaramenyekana Yasanzwe Amanitse muri Lodge i Rubavu: Inzego z’Umutekano Zatangiye Iperereza mu Gihe Impfu Zidasobanutse Zikomeje Kwiyongera mu Ma-Lodge

  mu karere ka Rubavu habaye inkuru yababaje abaturage n’inzego z’umutekano, ubwo habonekaga umurambo w’umugabo uri…

Umunyeshuri wa Kaminuza Yasanzwe Muri Douche Amanitse

Nyakwigendera witwa James wari mu kigero cy’imyaka 22, ukomoka mu karere ka Musanze, yari umusore uzwi…

Abarimu Bagize Ubwoba ko Babura Akazi Nyuma yo Kumenya ko Umwarimu Umwe Yakwigisha Abanyeshuri 1000 Barenga ku Ikoranabuhanga

Mu gihe u Rwanda rukomeje kwimakaza ikoranabuhanga mu rwego rw’uburezi, by’umwihariko binyuze mu mishinga migari nka…

Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Huawei batangije gahunda yo kugeza ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri 2,500 no kubaka Smart Classrooms

u Rwanda rukomeje kwinjiza ikoranabuhanga mu burezi binyuze mu mushinga mushya witwa “Smart Education Phase II”,…