NESA Yatangije CAMIS 2.0 yaje ivuguruye iri gukora nta nkomyi hanateguwe amahugurwa yo kuyihugurirwa

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Igenzura ry’Amashuri, NESA, cyatangaje ku mugaragaro ko kimwe mu bikoresho…

Abana bo mu Igororero rya Nyagatare Aho igihano cyabahindukiye amahirwe yo kwiga, kwiyubaka no gukunda Igihugu

  Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Nyagatare, hari igororero ryihariye rizwi ku izina ry’Igororero…

Umugabo yafatiwe mu nzu y’undi ushinjwa kumusambanyiriza umugore, anasangwamo n’imiti y’amayobera

Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, hafungiye umugabo witwa Ndayisabye Ernest,…

Mutesi Scovia yashize umuco ku kibazo cy’amafaranga adasobanutse muri Umwalimu SACCO

imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter (X) zariweho  amagambo n’isesengura, nyuma y’uko umunyamakuru Mutesi Scovia atangije ikiganiro kivuga…

Umwarimu wa Kaminuza Dr. Théophile Mugirwa ukurikiranyweho indonke n’ubucukuzi butemewe yategetswe gufungwa iminsi 30 by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana, ruherereye mu karere ka Nyanza, rwasomye umwanzuro waryo ku rubanza rwa Dr.…

Nyamasheke: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi irashya yose, abaturage bishyira hamwe ngo bamufashe kongera kubaho

Mu gitondo cy’uyu wa kabiri, abaturage bo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Gasheke, Umurenge wa…

Amashuri Nderabarezi ari guhindura isura nyuma y’uko ashowemo miliyari 74 Frw

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri Nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri…

Ngororero: Umubyeyi yafashwe n’ibise mu modoka ahita abyara

Inkuru itangaje ariko irashimishije yabaye mu Karere ka Ngororero ku wa 10 Ugushyingo 2025, ubwo umubyeyi…

Huye: Umusaza w’imyaka 72 wacucukura imva mu irimbi rya Ngoma yasanzwe ku nzira yapfuye

Mu gitondo cyo ku wa 9 Ugushyingo 2025, mu Mudugudu wa Ngoma VI, Akagari ka Ngoma,…

Maroc yanditse amateka akomeye mu Gikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17 nyuma yo kunyagira New Caledonia ibitego 16-0

Ku Cyumweru tariki ya 9 Ugushyingo 2025, muri Doha, muri Qatar, habaye umukino  utazibagirana mu mateka…