Rugaju Reagan Uherutse kubona Lecense C, itangwa na (CAF) Confederation of Africa Football.
Rugaju Reagan yamaze
Reangan Rugaju ni umunyamakuru ukora ikiganiro cy’imikino kuri Radio Rwanda na Television Rwanda ni umukozi uhoraho wa RBA.
Akaba arumunyamakuruzwiho gukunda umunyabigwi mumupira w’amaguru Cristiano Ronaldo, akanafa bikomeye cyane ikipe y’ Arsenal iyikipe Kandi ikaba Ari numufatanya bikorwa na Visit Rwanda.
Reagan numwe mubanyamakuru bimikino mugihugu cy’u Rwanda bakunzwe cyane, bimwe mubyo bamukundira ubusesenguzi agira bunyura beshi muba mukurikira.
23/05/2025 nibwo Ndayishimiye Reagan yabonye License C-CAF iyi ikaba yemewe mu Rwanda kuba yatoza ikipe iyariyo yose ariko agatoza yungirije.
Umwaka w’imikino utaha wa 2025/2026 nibwo Reagan Rugaju Ndayishimiye azatangira kuba umutoza w’ungirije mwikipe ikina ikiciro cyambere mu Rwanda Gorilla FC
Umutoza warusanzwe y’ungirije muri Gorilla FC Manirakiza Gervais, yatandukanye nabo bahita BAHA akazi Ndayishimiye Rugaju Reagan bivugwako Yaba yahawe imyaka ibiri afatanije na Gatera Moussa Usanzwe arumutoza mukuru wa Gorilla FC.
Abakunzi Ba Reagan Rugaju baribaza niba azashobora gufatanya imyuga ibiri gutoza umupira ndetse no kuwusesengura katubihange amaso.
Rugaju Kandi yagarutse License C-CAF yabonye avugako arirwo rufunguzo rugiye kumufasha gushaka B na A gushaka ukuntu nazo yazibikaho akaba umutoza wemewe mu Rwanda nde no kw’lsi hose.
Rugaju Reagan Kandi ngafite inego yokuba yamintuza cyane mu mwuga wubutoza cyane ko ngo yiyumva nk’umuntu uzavamo umutoza ukomeye mu Rwanda ndetse n’Africa muri rusange, akomeza avugako ibijyanye no gutoza ni akazi keza iyo urumutoza wu muhanga ibyutoza bigaragarira burumwe wese ko biryoheye ijisho.
Reagan Rugaju wagizwe umutoza w’ungirije muri Gorilla FC we y’itangarije ko ashaka kwiga masters muri siporo ndetse ubu afite License C, agiye kuba arikwimenyereza umwuga.