
Umunyamakuru wa Goodrich Tv Iradukunda Dieudonne ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri cya G.S Gishikiri iherereye mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Nyagihanga, agasanga abana bicuke bigira musi y’igiti.

Ubwo yakoraga Iyi nkuru umunyamabanga shingabikorwa w’umurenge wa Nyagihanga, Muhizi Toussaintyatangiye kumwikoma ko arigusebya umurengewe ko bitaringombwa gukora iyi nkuru.
Yakomeje kumutera ubwoba amumenyesha ko nadasaba imbabazi Toussaint, azafungwa ubu bakaba bari guhamagara umuryangowe bawutera ubwoba ko umuhungu wabo bagomba kumufunga kubera gusebya umurenge nk’uko tubikesha bamwe mubo twaganiriye.
Ubuyobozi bw’urwunge rwamashuri Gishikiri ndetse nabarezi bemejeko ikibazo cyabana bigira musi y’igiti arukuri kuko nabyumva bihagije byamashuri bihari.
Bimwe mu byumunyamakuru wa Goodrich Tv yatubwiye ngafite imungenge y’uko ahamagarwa nubuyobozi bwumurenge bumutera ubwoba ko buzamufunga mugihe akomeje gukora amakuru asebya umurenge.
Nyamara avugako nankuru zisebya umurenge yakoze kuko yakoze inkuru yibiriho Kandi basabaga ubufasha bwokubakirwa amashuri akavuga ko, ikibazo atariyinkuru yakoze ahubwo arikindi kitajyanye nakazi akora.
Bimwe mubiteza anomakimbirane
Noguhangana kuyu mu yobozi Ntuy’umunyamakuru ngonuko agikora kuri Radio Flash, yandikiye urwego Rw’lgihugu rw’Ubutegetsi(Minaloc) abasaba ko bamugereza ubutumwa bw’lshimwe ku buyobozi bukuru bw’lgihugu yari yabandikiye anyuze kurukuta rwa X, ibi bikaba bitarashimishije uyu mu nyamabanga shingabikorwa wa Nyagihanga Muhizi Toussaint.
Uyu munyamakuru Iradukunda Dieudonne arasaba ubutabera bamwe mu baturage batuye iruhande rwicyo kigo cyamashuri cya Gishikiri bavuga ko amashuri ahari adahagije kuko bamaze igihe bigira musi y’igiti.