Meddy arashimwa na Kitoko bibarwa kubera ivugabutumwa akora kuri murandasi nyuma yo kwiyegurira IMANA
Nyuma y’imyaka irenga icumi aba mu Bwongereza, umuhanzi w’Umunyarwanda Mpuzamahanga Kitoko Bibarwa yagarutse gutura mu Rwanda, azanye ubutumwa bushya n’imbaraga nshya mu muziki. Ariko icyatangaje benshi mu byo yavuze ni uko yagarutse anagaragaza uburyo ashimira cyane inshuti ye ya kera, Ngabo Medard Jobert uzwi nka Meddy, kubera uburyo yahinduye ubuzima bwe, akaba ubu asigaye ari…
