Impinduka mu Bucuruzi bw’Imikino y’Amahirwe mu Rwanda: Umusoro uzamuwe kuva kuri 13% ugera kuri 40%
Urwego rw’ubucuruzi bushingiye ku mikino y’amahirwe mu Rwanda ruri kwitegura impinduka zikomeye mu bijyanye n’imisoro, aho guhera ku itariki ya 1 Nzeri 2025, umusoro ku musaruro w’inkingi (Gross Gaming Revenue – GGR) uzazamurwa uva kuri 13% ukagera kuri 40%. Icyarushijeho gutungurana ni uko hamwe n’iri zamuka, umusoro ku nyungu rusange y’ibigo (Corporate Income Tax – CIT) ugiye gukurwaho muri uru rwego.
Izi mpinduka ni zimwe mu ngamba nshya Leta y’u Rwanda yafashe hagamijwe kunoza imikorere y’urwego rw’imikino y’amahirwe, uru rukaba rwarashyizwe mu nshingano z’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB).
Icyo bivuze ku bashoramari n’igihugu:
Gukuraho umusoro ku nyungu rusange bigaragaza icyizere Leta igiriye uru rwego, ariko nanone kuzamura umusoro ku musaruro bigaragaza ubushake bwo kugenzura inyungu zinjira muri uru rwego rugaragaza ubusumbane mu nyungu rukura. Ibi bishobora gutuma ishoramari mu mikino y’amahirwe rigira aho rigana: ibigo bito bishobora kubigiraho ingaruka, naho ibikomeye bikomeza kwihagararaho.
Impamvu nyamukuru y’izi mpinduka: Nk’uko byagaragajwe n’impuguke, urwego rw’imikino y’amahirwe mu Rwanda rwateye imbere cyane mu myaka ya vuba kubera ikoranabuhanga n’ikwirakwizwa rya serivisi za mobile money. Abanyarwanda benshi batangiye gukoresha telephone mu kwitabira imikino y’amahirwe, bikaba byarongereye cyane amafaranga yinjira muri uru rwego.
Leta rero yasanze ari ngombwa gushyiraho politiki nshya igamije kururinda, kuruteza imbere, ariko kandi no kurukurikirana neza kugira ngo rurusheho gutanga umusaruro ku gihugu.
Ibibikorwa bifite imimaro ikomeye kuri reta twavuga nko
- Kunoza imisoro: Kuzamura GGR bitanga icyizere cy’umusaruro mwinshi winjizwa n’igihugu.
- Gukuraho CIT: Bifasha ibigo kubona imbaraga zo gukomeza gushora imari.
- Guteza imbere ikoranabuhanga: Politiki nshya ishyira imbere ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu micungire y’imikino y’amahirwe.
Nubwo iyi politiki ishobora kuzana inyungu kuri Leta, hari impungenge z’uko ibigo bito byashobora kuzibasirwa n’izamuka ry’umusoro. Hari kandi impungenge ku ngeso mbi imikino y’amahirwe ishobora guteza, cyane cyane ku rubyiruko, ari nayo mpamvu politiki nshya isaba kugenzura no kurinda abaturage.
Thierry Nshuti, Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Forzza Bet, yagaragaje impungenge ze kuri ya misoro mishya, avuga ko ishobora gutuma abantu benshi bajya gukina ku mbuga mpuzamahanga zidafite uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda.
Yagaragaje ko ibi bishobora guteza ikibazo mu bijyanye no guhomba amadovize, kuko amafaranga agenda hanze atuma ubukungu bw’igihugu butakaza ubushobozi.
Joel Namanya, inzobere mu by’imisoro muri KPMG, yavuze ko izamuka ry’igihe gito ry’urusoro rishobora kuzamura inyungu za Leta, niba amasosiyete akomeje gukora nta kugabanuka gukabije ku musaruro mbumbe wabo.
Ariko kandi, yaburiye ko iyo imisoro ishyizwe hejuru ku buryo isoko ritakaza agaciro cyangwa bigatuma amasosiyete agabanya ibikorwa, amafaranga yinjizwa ashobora kuguma ku rwego rwo hasi bitewe no kugabanuka kw’ibikorwa cyangwa kwimukira mu bice bitarimo imisoro cyangwa bitagenzurwa.
Impinduka mu Bucuruzi bw’Imikino y’Amahirwe mu Rwanda: Umusoro uzamuwe kuva kuri 13% ugera kuri 40%Urwego rw’ubucuruzi bushingiye ku mikino y’amahirwe mu Rwanda ruri kwitegura impinduka zikomeye mu bijyanye n’imisoro, aho guhera ku itariki ya 1 Nzeri 2025, umusoro ku musaruro w’inkingi (Gross Gaming Revenue – GGR) uzazamurwa uva kuri 13% ukagera kuri 40%.
Icyarushijeho gutungurana ni uko hamwe n’iri zamuka, umusoro ku nyungu rusange y’ibigo (Corporate Income Tax – CIT) ugiye gukurwaho muri uru rwego.Izi mpinduka ni zimwe mu ngamba nshya Leta y’u Rwanda yafashe hagamijwe kunoza imikorere y’urwego rw’imikino y’amahirwe, uru rukaba rwarashyizwe mu nshingano z’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB).
Icyo bivuze ku bashoramari n’igihugu:Gukuraho umusoro ku nyungu rusange bigaragaza icyizere Leta igiriye uru rwego, ariko nanone kuzamura umusoro ku musaruro bigaragaza ubushake bwo kugenzura inyungu zinjira muri uru rwego rugaragaza ubusumbane mu nyungu rukura.
Ibi bishobora gutuma ishoramari mu mikino y’amahirwe rigira aho rigana: ibigo bito bishobora kubigiraho ingaruka, naho ibikomeye bikomeza kwihagararaho.
Impamvu nyamukuru y’izi mpinduka: Nk’uko byagaragajwe n’impuguke, urwego rw’imikino y’amahirwe mu Rwanda rwateye imbere cyane mu myaka ya vuba kubera ikoranabuhanga n’ikwirakwizwa rya serivisi za mobile money.
Abanyarwanda benshi batangiye gukoresha telephone mu kwitabira imikino y’amahirwe, bikaba byarongereye cyane amafaranga yinjira muri uru rwego.Leta rero yasanze ari ngombwa gushyiraho politiki nshya igamije kururinda, kuruteza imbere, ariko kandi no kurukurikirana neza kugira ngo rurusheho gutanga umusaruro ku gihugu.
Ibibikorwa bifite imimaro ikomeye kuri reta twavuga nko
– Kunoza imisoro: Kuzamura GGR bitanga icyizere cy’umusaruro mwinshi winjizwa n’igihugu.
– Gukuraho CIT: Bifasha ibigo kubona imbaraga zo gukomeza gushora imari.
– Guteza imbere ikoranabuhanga: Politiki nshya ishyira imbere ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu micungire y’imikino y’amahirwe.
Nubwo iyi politiki ishobora kuzana inyungu kuri Leta, hari impungenge z’uko ibigo bito byashobora kuzibasirwa n’izamuka ry’umusoro.
Hari kandi impungenge ku ngeso mbi imikino y’amahirwe ishobora guteza, cyane cyane ku rubyiruko, ari nayo mpamvu politiki nshya isaba kugenzura no kurinda abaturage.Thierry Nshuti, Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Forzza Bet, yagaragaje impungenge ze kuri ya misoro mishya, avuga ko ishobora gutuma abantu benshi bajya gukina ku mbuga mpuzamahanga zidafite uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda.Yagaragaje ko ibi bishobora guteza ikibazo mu bijyanye no guhomba amadovize, kuko amafaranga agenda hanze atuma ubukungu bw’igihugu butakaza ubushobozi.
Joel Namanya, inzobere mu by’imisoro muri KPMG, yavuze ko izamuka ry’igihe gito ry’urusoro rishobora kuzamura inyungu za Leta, niba amasosiyete akomeje gukora nta kugabanuka gukabije ku musaruro mbumbe wabo.
Ariko kandi, yaburiye ko iyo imisoro ishyizwe hejuru ku buryo isoko ritakaza agaciro cyangwa bigatuma amasosiyete agabanya ibikorwa, amafaranga yinjizwa ashobora kuguma ku rwego rwo hasi bitewe no kugabanuka kw’ibikorwa cyangwa kwimukira mu bice bitarimo imisoro cyangwa bitagenzurwa.


Gave 11betorg a whirl. It’s… okay. It’s got the basics covered, I guess, but there’s nothing that really makes it stand out. If you’re not too picky, it’s fine. Decide for yourself: 11betorg