
Mu gihe abakozi b’Imana bagomba kuba intangarugero mu myitwarire, imyifatire, no mu buryo bayobora, birababaje cyane kubona abapasiteri babiri bashyira umuryango mugari mu rujijo nyuma y’ishyirwa hanze ry’amashusho yabo y’urukozasoni.
Aya mashusho amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yateye benshi ipfunwe n’agahinda, by’umwihariko abemera Imana bari bayobotse pasitor mutesi na mama charlilene bibwiraga ko bari ku rwego rwo hejuru rw’ukwemera. Gusa ibyakozwe biragaragaza ukwigiza nkana, kutaba inyangamugayo no kwangiza izina ry’ivugabutumwa.
Ni byo, umuntu ashobora kugwa, ariko ntibikwiye gukomeza kuyobora abandi mu gihe wowe ubwawe ugifite ubuzima bwangiritse. Kuba umukozi w’Imana bisaba byinshi kurenza amagambo bisaba ubuzima bwera no guhora wigenzura.
AYOMAJWI AGARAGAZA UBURYO UBURAYA BWABO ABAKIRISITU BADAKWIYO KUBIYUNVAMO
UMUGABO UMWE MURI COMMENT Yagize ati “pasitor mutesi na mama charlilene, aho gukomeza kwihisha inyuma y’imitaka y’ivugabutumwa, bakwiye kuva mu nshingano bagakina porono aho gushaka kwigira abere imbere y’Imana n’abantu. Niba batiteguye kubaho ubuzima buhamya ibyo bigisha, ntibakwiye kwigira abakozi b’Imana.
Isimbi Noelline we yahisemo umwuga umunogeye areka kubesha abanyarwanda umuntu wiyemeje inzira ye nka rwiyemezamirimo mu mwuga wuburaya , adahisha uko abayeho, kandi ntawe abeshya ko ari intumwa y’Imana. Yahisemo inzira ye, ayibamo uko iri, ntashukisha abantu ko ari umukozi w’Imana. Kandi ubwo ni ubunyangamugayo n’ubwo atari bose babishima, arikowe arangwa no kudaca ku ruhande.
Inama ku Bapasiteri baguye:
– Nimwemere amakosa yanyu nk’uko n’amashusho abigaragaza.
– Muve mu nshingano z’ivugabutumwa igihe mutaragaruka mu murongo wera.
– Mwibuke ko umukandara w’intumwa si indangamuntu — ni inshingano zikomeye.
Reka itorero rikire. Reka ubutumwa bube hejuru y’utubazo bw’abantu. Kandi reka ukuri kugaruke mu bayobozi b’umwuka.

