Umwalimu SACCO imaze gushinga imizi nk’imwe mu nkingi zikomeye zifasha abarimu kwiteza imbere mu buryo burambye.…
Category: Education
Minisiteri y’Uburezi Yemeje Ivugururwa ry’Integanyanyigisho za TTC
Mu gihe Isi iharanira ko buri mwana, yaba ufite ubumuga cyangwa udafite, abona uburezi bufite ireme…
NESA Yatangije CAMIS 2.0 yaje ivuguruye iri gukora nta nkomyi hanateguwe amahugurwa yo kuyihugurirwa
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Igenzura ry’Amashuri, NESA, cyatangaje ku mugaragaro ko kimwe mu bikoresho…
Abana bo mu Igororero rya Nyagatare Aho igihano cyabahindukiye amahirwe yo kwiga, kwiyubaka no gukunda Igihugu
Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Nyagatare, hari igororero ryihariye rizwi ku izina ry’Igororero…
Mutesi Scovia yashize umuco ku kibazo cy’amafaranga adasobanutse muri Umwalimu SACCO
imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter (X) zariweho amagambo n’isesengura, nyuma y’uko umunyamakuru Mutesi Scovia atangije ikiganiro kivuga…
Amashuri Nderabarezi ari guhindura isura nyuma y’uko ashowemo miliyari 74 Frw
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri Nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri…
Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yakiriye itsinda ry’abarimu 50 b’abakorana bushake ba OIF bagiye guhindura byinshi mu myigishirize y’Igifaransa mu Rwanda
Ku wa 5 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda, Bwana Joseph Nsengimana, yakiriye ku mugaragaro itsinda…
Abarimu Bagize Ubwoba ko Babura Akazi Nyuma yo Kumenya ko Umwarimu Umwe Yakwigisha Abanyeshuri 1000 Barenga ku Ikoranabuhanga
Mu gihe u Rwanda rukomeje kwimakaza ikoranabuhanga mu rwego rw’uburezi, by’umwihariko binyuze mu mishinga migari nka…
Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Huawei batangije gahunda yo kugeza ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri 2,500 no kubaka Smart Classrooms
u Rwanda rukomeje kwinjiza ikoranabuhanga mu burezi binyuze mu mushinga mushya witwa “Smart Education Phase II”,…
Abayobozi b’ibigo bya TVET Bahuguriwe Kwigisha Ubumenyi ku Buzima bw’Imyororokere mu rwego rwo Kurinda no Gutoza Urubyiruko Imyitwarire Iboneye
Abayobozi b’ibigo by’amashuri y’imyuga, tekinike n’ubumenyingiro (TVET) mu Rwanda barimo guhugurwa ku buryo bushya bwo…