Mutesi Scovia yashize umuco ku kibazo cy’amafaranga adasobanutse muri Umwalimu SACCO

imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter (X) zariweho  amagambo n’isesengura, nyuma y’uko umunyamakuru Mutesi Scovia atangije ikiganiro kivuga…

Amashuri Nderabarezi ari guhindura isura nyuma y’uko ashowemo miliyari 74 Frw

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri Nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri…

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yakiriye itsinda ry’abarimu 50 b’abakorana bushake ba OIF bagiye guhindura byinshi mu myigishirize y’Igifaransa mu Rwanda

Ku wa 5 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda, Bwana Joseph Nsengimana, yakiriye ku mugaragaro itsinda…

Abarimu Bagize Ubwoba ko Babura Akazi Nyuma yo Kumenya ko Umwarimu Umwe Yakwigisha Abanyeshuri 1000 Barenga ku Ikoranabuhanga

Mu gihe u Rwanda rukomeje kwimakaza ikoranabuhanga mu rwego rw’uburezi, by’umwihariko binyuze mu mishinga migari nka…

Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Huawei batangije gahunda yo kugeza ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri 2,500 no kubaka Smart Classrooms

u Rwanda rukomeje kwinjiza ikoranabuhanga mu burezi binyuze mu mushinga mushya witwa “Smart Education Phase II”,…

Abayobozi b’ibigo bya TVET Bahuguriwe Kwigisha Ubumenyi ku Buzima bw’Imyororokere mu rwego rwo Kurinda no Gutoza Urubyiruko Imyitwarire Iboneye

  Abayobozi b’ibigo by’amashuri y’imyuga, tekinike n’ubumenyingiro (TVET) mu Rwanda barimo guhugurwa ku buryo bushya bwo…

Uko Laptops Zifasha Abarimu ba TVET mu Rwanda Kugabanya Icyuho cy’Ikoranabuhanga

Uko Laptops Zifasha Abarimu ba TVET mu Rwanda Kugabanya Icyuho cy’Ikoranabuhanga     Mu myaka mike…

Rwanda Coding Academy irimo kwakira abanyeshuri bashya, mu gihe isi yose iri kwibaza niba coding ikiri ngombwa mu gihe AI iri gukora imirimo myinshi yamasomo ahatangirwa

  Mukarere Nyabihu ,umurenge wa  Mukamira ahatuje mu Burengerazuba bw’u Rwanda, ku muhanda munini Kigali-rubavu hafi…

Itangazo: Amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza A’Level azasohoka ku wa 1 Nzeri 2025

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye (A’Level) y’umwaka w’amashuri wa 2024/2025…

KARONGI : Umuyobozi w’Akarere yayoboye Inama y’Uburezi nyuma yo kuva ku mwanya ubanziriza uwanyuma ,bakisanga ku mwanya wa 21 ku rwego rw’igihugu mu mitsindire y’abanyeshuri

KARONGI : Umuyobozi w’Akarere yayoboye Inama y’Uburezi nyuma yo kuva ku mwanya ubanziriza uwanyuma ,bakisanga ku…