Minisitiri w’Uburezi nsengimana joseph yahinyuje abavuga ko amasomo ya siyansi akomera cyane cyane imibare

Hari imyumvire imaze igihe kinini mu banyeshuri ndetse no mu babyeyi, ivuga ko amasomo ya siyansi cyane cyane imibare n’ubugenge ari ay’ingorabahizi, bigatuma bigira ingaruka ku buryo abanyeshuri bayiga, uburyo batsindamo, ndetse n’icyerekezo cy’uburezi bw’igihugu. Abakiri mu mashuri cyangwa abaherutse kuyasohokamo bazi neza ko hari imyumvire ivuga ko imibare (Mathematics) ari isomo ritatinyuka, naho Ubugenge…

Read More

Amashuri yo muri Kigali azavungwa byagateganyo kuva tariki 21 kugeza 28 zukwa cyenda mugihe Abandi bazaba barikwiga

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amashuri yose aherereye mu Mujyi wa Kigali azafunga by’agateganyo kuva ku wa 21 Nzeri kugeza ku wa 28 Nzeri 2025. Ibi bigamije gutanga umudendezo n’umutekano usesuye mu gihe cy’irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rizamara iminsi umunani rizabera muri Kigali. Iri rushanwa, rizahuza abakinnyi bakomeye baturutse mu bihugu bitandukanye ku Isi, ririmo gutegurwa…

Read More

Amashuri ya Leta n’ayafatanya na Leta yasabwe kutarenza 85,000 Frw ku banyeshuri bacumbika, 19,500 Frw ku bataha, na 975 Frw ku mashuri abanzaMinisiteri y’Uburezi

MINEDUC yongeye kwibutsa amashuri ya Leta n’afashwa na Leta ku bufatanye n’abafatanyabikorwa (amasezerano), ko agomba kubahiriza amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye.Ibi byatangajwe hashingiwe ku mabwiriza yasohotse ku wa 14 Nzeli 2022, agena umusanzu w’ababyeyi mu mashuri, hagamijwe kurengera uburenganzira bw’abana bose kubona uburezi bufite ireme kandi budaheza. Ibyo amabwiriza ateganya ku…

Read More

Inama Ku Babyeyi, Abarimu, N’abanyeshuri : Mwitegure Igihembwe Cya Mbere Cy’umwaka W’amashuri 2025/2026  Kigiye Gutangira Nyuma Yakiriya Cyumweru

Tariki ya 8 Nzeri 2025, ni bwo Igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 kizatangira ku mugaragaro nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi. Iki gihembwe kizarangira ku wa 19 Ukuboza 2025, kikazamara ibyumweru 15 byuzuye. Mu gihe umwaka w’amashuri utangiye, ni ingenzi ko buri wese ubifitemo uruhare  yaba umubyeyi, umunyeshuri, cyangwa umwarimu  amenya uko yakwitegura neza,…

Read More

Abarimu Basaba Reta Guhagarika Gukoresha Imitsindire nk’Igipimo cyo Gutoranya Abanyeshuri, Bamagana Ibigo bya Private Bihitamo Abatsinda gusa

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kuzamura ireme ry’uburezi, bamwe mu barimu n’ababyeyi batangaje impungenge batewe no gukomeza kugereranya abanyeshuri hashingiwe gusa ku mitsindire yabo, cyane cyane bitewe n’uko amashuri atagira ubushobozi bungana mu kwigisha. Aba barimu bavuga ko hari ibigo bimwe bikomeje gutoranya abanyeshuri bitewe n’amanota yo hejuru batsinze, aho usanga ibigo…

Read More

Minisitiri Nsengimana: Mu myaka ibiri amashuri ya Leta azarusha ayigenga, ayabiga bataha akarusha aya boarding

Uburezi ni inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu, kandi ibihugu byose byifuza kugera ku rwego rwo hejuru mu bukungu, ikoranabuhanga n’imibereho myiza y’abaturage bibinyuza mu guteza imbere ireme ry’uburezi. Mu Rwanda, iyi ntego iri mu byihutirwa, ari na yo mpamvu Minisiteri y’Uburezi ikomeje gushyira imbere gahunda zitandukanye zigamije kongerera agaciro imyigishirize no guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe….

Read More

Umuyobozi Mukuru wa REB yayoboye Inama yo Gufata Ingamba zo Kuzamura Ireme ry’Imibare na Siyansi mu Mashuri hakoreshejwe ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Uburezi rusange (REB), Bwana Nelson Mbané, yayoboye inama ya 7 yiswe Joint Coordination Committee (JCC) mu mushinga PRISM(Project to Strengthen Primary School Mathematics and Science with Use of ICT). Uyu mushinga wa PRISM watekerejwe hagamijwe guteza imbere uburezi bw’ibanze, cyane cyane mu masomo ya Siyansi…

Read More

Minisitiri Nsengimana Yibukije Abarimu Ko Hari Aho Bakwiye gukora Amasaha arenze Ay’akazi Kugira Ngo Bafashe Abanyeshuri Bakeneye Ubufasha

Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri mama urwagasabo Rwanda cyayobowe na Mutesi Scovia, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yagarutse ku buryo abarimu bagomba kugira uruhare runini mu kuzamura ireme ry’uburezi, by’umwihariko binyuze muri gahunda ya “Remedial Program” igamije gufasha abanyeshuri batagezeku rwego rushimishije mu masomo yabo ndetse anabasaba ikintu gikomeye . Minisitiri Nsengimana yasobanuye ko gahunda…

Read More

Impinduka mu Burezi: Hagiye Kwishyurwa Abalimu bakosoye exam national , Amacumbi y’Abakobwa Arongerwa, Double Shift bazikuyeho”

Mu kiganiro cyihariye cyatanzwe na Ministiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, ku rubuga rwa Mama Urwagasabo TV mu ikiganiro byayobowe n’umunyamakuru Mutesi Scovia, hagarutswe ku ngingo nyinshi zikomeje kugarukwaho n’abaturage mu bijyanye n’uburezi bw’u Rwanda. Minisiteri y’Uburezi yasobanuye byinshi ku mikorere n’imishinga mishya, harimo uburyo bwo kwishyura abalimu bakosoye ibizamini bya Leta, impamvu abakobwa bahabwa imyanya…

Read More

Amashuri yo mu Rwanda yiteguye ku kigero cya 94.7% gushyira mu bikorwa sisitemu nshya y’amasomo Azatangira kwigishwa bwa mbere mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye

Ku itariki ya 8 Nzeri 2025, ubwo amashuri yisumbuye mu Rwanda azongera gufungura imiryango, hazatangira gushyirwa mu bikorwa sisitemu nshya y’amasomo ku rwego rwa Advanced Level (A’Level). Iyi sisitemu nshya yashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi, igamije kunoza ireme ry’uburezi no kurushaho guhuza amasomo n’isoko ry’umurimo riri gutera imbere…

Read More