Amashuri Yatangiye : Gahunda y’Ingendo z’Abanyeshuri Bacumbikirwa Yashyizweho Umucyo

Ku wa 27 Kanama 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda yihariye y’ingendo…

Minisitiri w’Uburezi nsengimana joseph yahinyuje abavuga ko amasomo ya siyansi akomera cyane cyane imibare

Hari imyumvire imaze igihe kinini mu banyeshuri ndetse no mu babyeyi, ivuga ko amasomo ya siyansi…

Amashuri yo muri Kigali azavungwa byagateganyo kuva tariki 21 kugeza 28 zukwa cyenda mugihe Abandi bazaba barikwiga

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amashuri yose aherereye mu Mujyi wa Kigali azafunga by’agateganyo kuva ku…

Amashuri ya Leta n’ayafatanya na Leta yasabwe kutarenza 85,000 Frw ku banyeshuri bacumbika, 19,500 Frw ku bataha, na 975 Frw ku mashuri abanzaMinisiteri y’Uburezi

MINEDUC yongeye kwibutsa amashuri ya Leta n’afashwa na Leta ku bufatanye n’abafatanyabikorwa (amasezerano), ko agomba kubahiriza…

Inama Ku Babyeyi, Abarimu, N’abanyeshuri : Mwitegure Igihembwe Cya Mbere Cy’umwaka W’amashuri 2025/2026  Kigiye Gutangira Nyuma Yakiriya Cyumweru

Tariki ya 8 Nzeri 2025, ni bwo Igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 kizatangira ku…

Abarimu Basaba Reta Guhagarika Gukoresha Imitsindire nk’Igipimo cyo Gutoranya Abanyeshuri, Bamagana Ibigo bya Private Bihitamo Abatsinda gusa

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kuzamura ireme ry’uburezi, bamwe mu barimu n’ababyeyi batangaje…

Minisitiri Nsengimana: Mu myaka ibiri amashuri ya Leta azarusha ayigenga, ayabiga bataha akarusha aya boarding

Uburezi ni inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu, kandi ibihugu byose byifuza kugera ku rwego rwo hejuru mu…

Umuyobozi Mukuru wa REB yayoboye Inama yo Gufata Ingamba zo Kuzamura Ireme ry’Imibare na Siyansi mu Mashuri hakoreshejwe ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Uburezi rusange (REB), Bwana Nelson Mbané,…

Minisitiri Nsengimana Yibukije Abarimu Ko Hari Aho Bakwiye gukora Amasaha arenze Ay’akazi Kugira Ngo Bafashe Abanyeshuri Bakeneye Ubufasha

Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri mama urwagasabo Rwanda cyayobowe na Mutesi Scovia, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph…

Impinduka mu Burezi: Hagiye Kwishyurwa Abalimu bakosoye exam national , Amacumbi y’Abakobwa Arongerwa, Double Shift bazikuyeho”

Mu kiganiro cyihariye cyatanzwe na Ministiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, ku rubuga rwa Mama Urwagasabo TV…