Minisitiri Nsengimana: Mu myaka ibiri amashuri ya Leta azarusha ayigenga, ayabiga bataha akarusha aya boarding

Uburezi ni inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu, kandi ibihugu byose byifuza kugera ku rwego rwo hejuru mu…

Umuyobozi Mukuru wa REB yayoboye Inama yo Gufata Ingamba zo Kuzamura Ireme ry’Imibare na Siyansi mu Mashuri hakoreshejwe ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Uburezi rusange (REB), Bwana Nelson Mbané,…

Minisitiri Nsengimana Yibukije Abarimu Ko Hari Aho Bakwiye gukora Amasaha arenze Ay’akazi Kugira Ngo Bafashe Abanyeshuri Bakeneye Ubufasha

Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri mama urwagasabo Rwanda cyayobowe na Mutesi Scovia, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph…

Impinduka mu Burezi: Hagiye Kwishyurwa Abalimu bakosoye exam national , Amacumbi y’Abakobwa Arongerwa, Double Shift bazikuyeho”

Mu kiganiro cyihariye cyatanzwe na Ministiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, ku rubuga rwa Mama Urwagasabo TV…

Amashuri yo mu Rwanda yiteguye ku kigero cya 94.7% gushyira mu bikorwa sisitemu nshya y’amasomo Azatangira kwigishwa bwa mbere mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye

Ku itariki ya 8 Nzeri 2025, ubwo amashuri yisumbuye mu Rwanda azongera gufungura imiryango, hazatangira gushyirwa…

70% by’Abarangije Amashuri ya TVET Babona Akazi mu Gihe Kitarenze Amezi Atandatu

Mu gihe isi ikomeje kwihuta mu iterambere rishingiye ku bumenyi ngiro, uburezi bwa TVET (Technical and…

NESA YiteguYE Gutangaza Amanota y’Abarangije S6 Mbere y’Itangira ry’Umwaka w’Amashuri Kugira Abasibira nabakomeze kaminuza Badacikanwa

Mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi no kugabanya icyuho hagati yo kurangiza amashuri yisumbuye no gutangira…

Mu Bizamini bya Leta 2024/2025: Amashuri Yigenga Yanikiriye Ayareta n’Ayafashwa na Leta

Ku wa kabiri, tariki ya 19 Kanama 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Isuzuma ry’Imyigishirize (NESA) cyatangaje…

Minisitiri Nsengimana Joseph yagaragaje ingamba nshya zo kongerera abanyeshuri ubumenyi mu mibare n’andi masomo ya siyansi aho abatsinze imibare ari 27/%

Mu gihe imibare ikomeje kuba kimwe mu masomo akigora abanyeshuri mu Rwanda, Minisitiri w’Uburezi, Bwana Nsengimana…

Ese Bigenze Bite Iyo Umwe mu Bashakanye Abyaye Hanze y’Urugo? Itegeko Rivuga Iki ku Burenganzira bw’Umwana?

Mu buzima busanzwe bw’imiryango, si kenshi abantu batekereza ku ngaruka zishobora guterwa n’imyitwarire y’abashakanye, cyane cyane…